Ahitwa Bishenyi mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Runda mu kwezi gutaha haratangira kubakwa uruganda rwenga ikigage gisembuye n’ ikidasembuye.
Uru ruganda ruje mu mihe abakunzi b’ ikigage...
Abakobwa babiri Charly na Nina bahawe ibihembo bibiri bikomeye mu byitwa Uganda Entertainment Awards.
Mu mpera z’ icyumweru nibwo aba bakobwa bakoreye ibitaramo muri iki guihugu cya Uganda ari...
Inzobere mu bijyanye n’ ibibazo byo mu mutwe zivuga ko uburwayi bw’ igifu no gusepfura ari bimwe mu bimenyetso by’ ihungabana, zikavuga ko harimo gukorwa ubushakashatsi ku mpamvu zituma akenshi...
Karangwa Johnston wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Gitega mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali yeguye kuri uyu mwanya.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yavuze ko umukobwa uvuga ko yamukubitiye muri hoteli mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo ari we wamubanje ashaka kumutera icyuma, hanyuma...
Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri...