Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya...
Ambasaderi w’ u Rwanda muri Danmark yakiriye igihembo cyagenewe u Rwanda na kampani ikora drones u Rwanda rurimo kwifashisha mukugeza amaraso ku barwayi kwa muganga.
Iki gihembo kizwi nka INDEX...
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gikoze muri iraniyumu ivuga ko ari bombe ὰ hydrogen ikubye inshuro nyinshi bombe atomique zatewe I Heroshina na Nagasaki mu ntambara ya kabiri y’ Isi.
Igisasu...
Rwakazayire Samuel uvuga ko amaze imyaka 19 ategereje ingurane, atuye mu mudugudu wa Gasave mu kagari ka Nyabisindu, mu murenge wa Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo.
Avuga ko mu mwaka wa 1998...
Umugabo witwa Munyemana Jean de Dieu utuye I Kinyinya mu mugi wa Kigali yatangarije Umuryango ko yapfuye akamara iminsi ibiri muri morgue, abaje gufata umurambo ngo bage kuwushyingura bagasanga...
Mu mikino ya gishuti yabaye kuri wa Mbere Nzeli 2017 muri Amerika, ikipe imwe yatsinzwe ibitego 16 ku busa naho indi itsindwa ibitego 13 ku busa.
Ibi byabereye mu bihugu bibiri bitandukanye byo...
Akarere ka Nyamasheke kamaze imyaka irenga 10 gakorera mu nzu zahoze zikorerwamo na komine Kagano karitegura kwimukira mu biro bishya bifite agaciro ka miliyari n’ ibihumbi 300.
Ibi biro bishya...