Kuri uyu wa Gatanu polisi y’ u Rwanda yongeye kujya mu rugo rwa Rwigara ijyanywe no gukura mu rugo Diane Rwigara, umuvandimwe we Anne Rwigara na nyina Adeline Rwigara ngo bage ku kubugenzacyaha...
Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Nzeli rwatangiye kuburanisha urubanza ubushinjacyaha buregamo Sous-Lieutenant Jean Claude Seyoboka wabaye mu ngabo z’U Rwanda, uregwa uruhare...
Abanyeshuri barenga 10 bo mu ishuri ryisumbuye rya Ruganda riherereye mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi baravugwaho kuba batwite.
Aya makuru yemezwa na bamwe mu banyeshuri biga kuri...
Umutingito uri ku gipimo cya magnitude 8,2 wibasiye igihugu cya Mexique uhitana abatari munsi ya 15.
Perezida wa Mexique yatangaje ko uyu ariwo mutingito ubayeho ukomeye kurusha indi yose...
Vincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza iby’ ubutaka u Rwanda rwahawe na Kenya Umunyakenya akabizamo ubu bukaba buri mu manza.
Mu myaka wa...
Ubuyobozi bw’ Agaciro Development Fund buratangaza ko amafaranga yatangijwe muri iki kigega kimaze imyaka 5 yiyongereho 132% arimo inyungu ingana na miliyari 7.
Ikigega Agaciro Development Fund...