skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Ahahoze hatuye umugore wa Musinga hagiye kubungabugwa

Inzu y’ amategura n’ amafari ahiye bigaragara ko yari yubatswe mu buryo bwa gihanga n’ ubwo ubu yatangiye kwangirika niyo yari ituwemo na Nyirakabuga Therese wabaye umwe mu bagore b’Umwami Yuhi V...
1 September 2017 Yasuwe: 7997 3

Abaturiye pariki y’ Ibirunga basaba RDB kujya ibishyura batagombye gusiragira

Abaturage baturiye pariki y’ Ibirunga iherereye mu majyaruguru y’ u Rwanda baravuga ko iyo inyamaswa zitorotse zikabangiriza ibyabo bamara igihe kinini bishyuza, bagasaba Ikigo cy’ igihugu cy’...
1 September 2017 Yasuwe: 893 0

Pasiteri Antoine Rutayisire yahishuye ko mu Rwanda hari abapasiteri bari muri Illuminati

Pasiteri Antoine Rutayisire yatangaje ko mu Rwanda hari abapasiteri bari muri Illuminati anerura ukuntu yasabwe kuyijyamo ngo ahabwe imbaraga zidasanzwe akabyanga. Uyu mushumba yavuze ko mu...
31 August 2017 Yasuwe: 12743 7

Impuguke ntizemeranya n’ abanyamugi bahamba amazi mu butaka

Abashashatsi bateraniye I Kigali mu nama yiga ku kwita ku bidukikije baragaya uburyo bukoreshwa mu mugi bwo gucukura ibyobo bifata amazi kuko ayo mazi baba bayapfushije ubusa kandi bakiyakeneye....
31 August 2017 Yasuwe: 2365 0

Anastase Murekezi ari mubahawe imirimo mishya

Anastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe nyuma yo gusimbuzwa Dr Ngirente Edouard yagizwe Umuvunyi mukuru. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 nibwo hatangajwe uko Perezida w’ u Rwanda Paul...
30 August 2017 Yasuwe: 859 0

Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri Guverinoma yashyizweho

Abakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk’ uko byari byitezwe na bamwe. Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe...
30 August 2017 Yasuwe: 3843 1

Abagize guverinoma nshya igizwe n’abagore 13, n’abagabo 18 bamenyekanye

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa...
30 August 2017 Yasuwe: 3420 0

BNR yatangaje ko ifaranga ry’ u Rwanda rigiye kongera kwihagararaho imbere y’ idorali ry’Amerika

Kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017 banki nkuru y’ u Rwanda BNR yamuritse raporo igaragaza uko ubukungu bw’ u Rwanda bwitwaye mu mezi 6 ashize bitanga icyizere ko mu mpera z’ uyu mwaka wa 2017...
30 August 2017 Yasuwe: 1621 0

Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya yizeza Abanyarwanda kurara bamenye abagize guverinoma...

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya...
30 August 2017 Yasuwe: 1352 0

MIFOTRA yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 1 Nzeli 2017 ari umunsi w’ ikiruhuko

Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu w’ iki cyumweru tariki 1 Nzeli 2017 ari umunsi w’ ikiruhuko rusange ku bakozi ba Leta(congeˊ). Kuri iyi tariki abayisilamu...
30 August 2017 Yasuwe: 4525 1
0 | ... | 2690 | 2700 | 2710 | 2720 | 2730 | 2740 | 2750 | 2760 | 2770 | ... | 3230