Abashinzwe gutegura amatora mu gihugu cya Singapore kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nzeli, batangaje ko umugore witwa Halimah Yacob yatsinze amatora ya Perezida wa Singapore nyamara nta matora...
Umupasiteri witwa Wokoma David, wo mu gihugu cya Nigeria ku wa Mbere w’ iki cyumweru tariki 11 Nzeri yabitswe ko yapfuye hashize amasaha 48 arazuka ubu nimuzima.
David ni umupasiteri muri...
Ibi biryo by’ akagari ka Nkingo bimaze gutwara miliyoni 8
Bamwe mu batuye akagari ka Nkingo, mu murenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, baravuga ko umuturage udatanze umusazu wo kubaka...
Iyi foto ya Village Urugwiro yafotowe tariki 24 Kamena 2017, Kagame yifatanyije n’ abaturage mu muganda rusange wabereye mu gishanya cya Nyandungu
Inzego zitandukanye kuri uyu wa gatatu tariki...
Koreya ya Ruguru yatangaje ko izihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika mu buryo itigeze ibona. Ibi iki gihugu cyabitangaje nyuma y’ uko akanama gashinzwe umutekano muri Loni kagifatiye ibihano...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge umusore w’ imyaka 17 yibye inkoko y’ uwitwa Rugaruka Vincent abonye ko amwirukankanye ahungira mu rusengero rwitwa ’Seira Community Church’.
Kuri...
Impinja eshatu zari mu bitaro bya Kisiizi biherereye mu karere ka Rukungiri mu gihugu cya Uganda zapfuye bitewe n’ imvura idasanzwe yaguye mu bice bitandukanye by’ iki gihugu igateza umwuzure...
Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....