skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Umuganga arashinjwa kuba yarakoreshaga intanga ze mu gufasha abifuza urubyaro

Aha abo bana batanze ikirego bari barimo kuganira n’ itangazamakuru Urukiko rwo mu gihugu cy’ u Buholande rwategetse ko hakorwa isuzuma ku byuma byakoreshwaga n’ umuganga uherutse kwitaba Imana....
4 June 2017 Yasuwe: 2431 1

U Bwongereza: Abiyahuzi bagongesheje abantu imodoka abakomeretse bicishwa icyuma

Mu mugi wa Londres mu gihugu cy’ u Bwongereza igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye abantu 7 abandi bagera kuri 30 barakomereka, polisi ihita irasa batatu mu bakekwaho kugira uruhare muri icyo gitero...
4 June 2017 Yasuwe: 1385 1

Minisitiri Kabarebe yavuze ko umwanzi ukomeye u Rwanda rushobora kugira ari amacakubiri

Minisitiri w’Ingabo Jenerali James Kabarebe avuga ko umwanzi u Rwanda rushobora kugira akaruhemukira ari amacakubiri naho abandi banzi nka FDLR nta kintu bashobora gutwara u Rwanda. Uyu muyobozi...
3 June 2017 Yasuwe: 821 0

Perezida Mugabe yatangiye kuzenguruka igihugu ashakisha abazamushyigikira mu matora

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, nyuma yo kugaragaza ko yifuza kuyobora indi manda,yatangiye ibikorwa yo kuzenguraka igihugu ashakisha abazamushyigikira mu matora ateganyijwe mu 2018. Ibi...
3 June 2017 Yasuwe: 748 1

PSD yasobanujwe byinshi nyuma yo gutangaza ko Paul Kagame ariwe mukandida izamamaza

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere. Uyu mwanzuro...
3 June 2017 Yasuwe: 1059 2

PSD yatangaje ko mu matora ya Perezida izashyigikira Paul Kagame

Abarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame Uyu ni umwanzuro...
3 June 2017 Yasuwe: 756 3

Amerika yahaye gasopo u Bushinwa ku birwa byo mu nyanja y’amajyepfo

Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa. Jenerali...
3 June 2017 Yasuwe: 1936 0

Uganda: Urukiko rwategetse ko akayabo kashyizwe mu mva y’ Umuherwe Semwanga gakurwamo

Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo. Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
3 June 2017 Yasuwe: 3510 2

Byinshi ukwiye kumenya ku mukino wa nyuma wa UEFA champions league

Kuri uyu wa Gatandatu ku saa mbili na mirongo ine n’itanu abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose bahanze amaso I Cardiff mu gihugu cya Wales ahaza kubera umukino wa nyuma ku makipe yabaye aya...
3 June 2017 Yasuwe: 2260 1

Abayobozi ba ADEPR bafunze baherekejwe n’ abacungagereza bajya guha ububasha ababasimbuye

Abayobozi b’ itorero Pantekote mu Rwanda bari mu maboko y’ ubutabera bakuwe muri gereza bajya guhererekanya ububasha n’ abayobozi bashya b’ iri torero. Uyu muhango urimo kubera mu biro by’ ADEPR...
2 June 2017 Yasuwe: 4840 0
0 | ... | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | ... | 3230