Aha abo bana batanze ikirego bari barimo kuganira n’ itangazamakuru
Urukiko rwo mu gihugu cy’ u Buholande rwategetse ko hakorwa isuzuma ku byuma byakoreshwaga n’ umuganga uherutse kwitaba Imana....
Minisitiri w’Ingabo Jenerali James Kabarebe avuga ko umwanzi u Rwanda rushobora kugira akaruhemukira ari amacakubiri naho abandi banzi nka FDLR nta kintu bashobora gutwara u Rwanda.
Uyu muyobozi...
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, nyuma yo kugaragaza ko yifuza kuyobora indi manda,yatangiye ibikorwa yo kuzenguraka igihugu ashakisha abazamushyigikira mu matora ateganyijwe mu 2018.
Ibi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Abarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame
Uyu ni umwanzuro...
Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa.
Jenerali...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Kuri uyu wa Gatandatu ku saa mbili na mirongo ine n’itanu abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose bahanze amaso I Cardiff mu gihugu cya Wales ahaza kubera umukino wa nyuma ku makipe yabaye aya...