Abarwanashyaka b’ ishyaka riharanira Demukarasi n’ imiyoborere PSD, batangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka, bazashyigikira Paul Kagame
Uyu ni umwanzuro...
Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa.
Jenerali...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Kuri uyu wa Gatandatu ku saa mbili na mirongo ine n’itanu abakunzi b’umupira w’amaguru ku Isi yose bahanze amaso I Cardiff mu gihugu cya Wales ahaza kubera umukino wa nyuma ku makipe yabaye aya...
Leta y’ u Rwanda yatanze itegeko rivuga ko ishyuri ry’ abanyaturikiya “Hope Academy” rigomba kuba ryafunze imiryango bitarenze kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena 2017, uyu mwanzuro wababaje ababyeyi...