Regis Kamugisha yasigaranye agahinda kenshi nyuma yo gushyingura mu irimbi rya Busanza umugore n’ abana be babiri baguye mu mpanuka yabereye I Shyorongi.
Uyu muryango we waguye mu mpanuka yabaye...
Nyuma y’ uko ku wa Gatandatu w’ icyumweru gishize I Shyorongi mu muhanda Kigali – Musanze habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’ abantu 15, abaturage barasaba ko kuri buri muhanda uca ahantu...
Umukinnyi w’ Umurundi, umaze imyaka itatu akinira ikipe ya Rayon Sports, Kwizera Pierre benshi bazi nka Kwizera Pierrot yatangaje ko ari hafi kuva muri iyi kipe akaga gushakira ubundi...
Yvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu...
Umukino wahuje Ikipe ya APR FC na Rayon Sports kuri iki Cyumweru tariki 28 Gicurasi 2017 urangiye amakipe yombi anganya igitego kimwe kuri kimwe bituma APR iguma ku mwanya wa 3 ku rutonde rwa...
Umuyobozi mukuru w’ igihugu cy’ u Budage Madamu Angela Merkel yatangaje ko inama ku ihindagurika ry’ ikirere yaberaga mu gihugu cy’ u Butaliyani yari igoye kandi ko yarangiye ntacyo igezeho.
Iyo...