Urukiko rw’Ikirenga mu bujurire mu mujyi wa Bloemfontein ho muri Afurika y’Epfo rwategetse ko Lt Gen Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda yakwa sitati y’ubuhungiro muri icyo...
Hagaragaraye ifoto ya telefone ngendanwa ihongotseho yatabaye ubuzima bw’ umwe mu bagore bari ahabereye igitero cy’ ubwiyahuzi mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza.
Uyu mugore Lisa Bridgett kuri...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2017 yakiriye itsinda ry’ Abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bari mu Rwanda mu...
Amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017 azatwara miliyari 6 na miliyoni 600 zisaga aho kuba miliyari 5 nk’ uko byari byatangajwe.
Ibi komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri...
Mu murenge wa Ruramba, akagari ka Gabiro umudugudu wa Kageyo mu karere ka Nyaruguru umugore yatabaje abaturanyi be avuga ko abyutse agasanga umugabo we Ndagijimana Jean Paul yimanitse mu giti cy’...
Umwana wo mu karere ka Kayonza wavukanye ikibyimba kinini cyane kiruta umutwe we arinacyo gifite umusatsi, bigatuma hari abakeka ko uwo mwana yavukanye imitwe ibiri yavuriwe I Kigali mu bitaro...
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza na Perezida w’ urwego rwo mu gihugu cya Maroc rugereranwa na Sena bashyize umukono ku masezerano yagutse y’...