Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga kitwa “Dr.Miriam&Sheldon Adelson Award”, gihabwa umuntu wagaragaje kuba inshuti nziza y’Abayahudi na Israel
Iki gihembo yagifatiye...
Umwana w’umukobwa wo mu gihugu cya Malawi utatangajwe amazina wahoze yiga ku kigo cy’amashuli cya Namulenga mu gace ka Mulanje , yateje urujijo nyuma yo kugaragara atembera mu bice by’iwabo nyuma...
Abapasiteri bo mu itorero Inkuru nziza ishami rya Kibungo mu karere ka Ngoma mu ntara y’ iburasirazuba barwaniye mu rusengero, inzego z’ umutekano n’ iz’ ubuyobozi zirahagoboka abantu 9 barimo...
Perezida wa Irani Hassan Rouhani niwe wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cya Irani, mu ijambo yavuze akimara gutorwa yavuze ko yubaha abo bahanganye yongeraho ko abamutoye bahisemo ko Irani...
Trump n’umugore we Melania bakiriwe n’umwami Salman bin Abdulaziz Al Saud (iburyo)
Perezida wa Amerika Donald Trump arageza ijambo ku idini ya Isilamu muri Arabia Saudite aho ari mu ruzinduko...