Uyu ni Muganga Umuhizi Denis wahuguriwe kuvura indwara ya kanseri Gilbert
Ibitaro bya Butaro nibyo bitaro bikuru bivura indwara ya kanseri mu Rwanda, biherereye mu karere ka Burera mu ntara y’...
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umuyobozi w’ akarere ka Kicukiro Dr Jeanne Nyirahabimana yagaragarije abaturage uburyo bune ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwamo asaba abaturage kurirwanya.
Muri gahunda yo gutangiza...
Jean Bosco Mugiraneza wari umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group (REG)yasimbujwe Ron Weiss
Inzego zishinzwe gutangaza amakuru muri iki kigo zabwiye Umuseke ko...
Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma yatangaje ko Dr Nkosazana Dlamini-Zuma ari we aha amahirwe yo kuzamusimbura ku butegetsi.
Ni mu gihe mu mpera z’uyu mwaka hateganyijwe amatora y’umukuru...