skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Musanze: Umuvugabutumwa yigishirije mu muhanda yaka amaturo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, bugufi y’ isoko rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Musanze hagaragaye umugabo witwa Ndagijimana Jean Paul w’imyaka 30, uvuga ko ari umuvugabutumwa...
11 May 2017 Yasuwe: 3724 7

Stade ya Huye yafungiwe amazi n’ umuriro kubera ideni RHA ibereyemo REG na WASAC

Stade Huye yafungiwe amazi n’umuriro kubera umwenda w’amazi n’amashanyarazi ungana na miliyoni zisaga esheshatu Ikigo cy’igihugu cy’imiturire (Rwanda Housing Authority/RHA) kibereyemo REG na WASAC....
11 May 2017 Yasuwe: 645 0

Martin Ngoga yatorewe kuba mu kanama ka FIFA gashinzwe imyitwarire

Inteko rusange ya 67 y’Ishyirahamwe ry’umupira w’amagaru ku Isi (FIFA), yemeje Martin Ngoga nk’umwe mu bagize akanama gashinzwe imyitwarire muri iryo shyirahamwe. Ngoga wari usanzwe agaharariye u...
11 May 2017 Yasuwe: 817 0

Gira Inka igiye kujya ishyirwamubikorwa n’ imiryango itegamiye kuri Leta

Ihuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka. Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017,...
11 May 2017 Yasuwe: 673 1

Kayonza: Umurambo w’ umukobwa bikekwa ko yishwe anizwe wabonetse umaze iminsi 5

Umukobwa w’ umucuruzi witwaga Uwamwezi Claudine wari utuye mu Mujyi wa Kayonza, mu Murenge wa Mukarange yasanzwe mu nzu aho bikekwa ko yiciwe anizwe ndetse umurambo we waratangiye kunuka....
11 May 2017 Yasuwe: 1460 0

Ubuhinde: Igikuta cyagwiriye abari mu birori by’ ubukwe 22 bahasiga ubuzima benshi barakomereka

Nibura abantu 22 bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ igikuta ubwo bari mu birori by’ ubukwe mu majyaruguru y’ u Buhinde. Iyo mpanuka yatewe n’ umuyaga wahushye ubwo bari mu birori by’ ubukwe yakomereyemo...
11 May 2017 Yasuwe: 1146 0

Mfumukeko akurikiranyweho kunyereza umutungo wa EAC

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango uhuza ibihugu by’ Afurika y’ I Burasirazuba EAC, Mfumukeko Liberat, arashinjwa kunyereza umutungo w’ uyu muryango. Dr Bukuku Enos, Umunyatanzaniya wungirije...
11 May 2017 Yasuwe: 2803 5

Bidasubirwaho Afurika igiye kujya ihagararirwa n’ amakipe 9 mu gikombe cy’ Isi

Mu gihe ubusanzwe umugabane w’ Afurika wajyaga uhagararirwa n’ amakipe atanu mu gikombe cy’ Isi ishyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA, kuri uyu wa kabiri 9 Gicurasi 2017 ryemeje ko umugabane...
10 May 2017 Yasuwe: 1395 0

Perezida Guelleh wa Djibouti na mugenzi we Niger bageze mu Rwanda [AMAFOTO]

Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti bageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017, bitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika ‘Transform...
10 May 2017 Yasuwe: 2289 0

Ramos yatangaje uko abona ikipe ya Real Madrid muri uyu mwaka

Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos aratangaza ko nubwo iyi ikipe yatunze abakinnyi b’ibihangange nka Zinedine Zidane,Raul,Alfred di Stefano,Luis Figo,Ronaldo n’abandi,ikipe bafite uyu mwaka...
10 May 2017 Yasuwe: 2145 0
0 | ... | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230