Nibura abantu 22 bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ igikuta ubwo bari mu birori by’ ubukwe mu majyaruguru y’ u Buhinde.
Iyo mpanuka yatewe n’ umuyaga wahushye ubwo bari mu birori by’ ubukwe yakomereyemo...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti bageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017, bitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika ‘Transform...
Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos aratangaza ko nubwo iyi ikipe yatunze abakinnyi b’ibihangange nka Zinedine Zidane,Raul,Alfred di Stefano,Luis Figo,Ronaldo n’abandi,ikipe bafite uyu mwaka...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017 nibwo hamenyekanye ko Ivan Ntivuguruzwa wari ufite akabari i Gikondo mu mujyi wa Kigali yarashwe n’ umusirikare mu ngabo z’ u Rwanda bikamuviramo...
Urwego rushinzwe abinjira n’ abasohoka muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi nibura abagera kuri 36 bazira kuba muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba.
Uko ari 36 bafatiwe...
Alex Muyobobe, umujyanama w’ abaririmbyi b’ abanyarwandakazi Charly na Nina yamaganiye kure ibimaze iminsi bihwihwiswa ko yaba ari mu nzira yo gutandukana nabo.
Abavuga ko Muyoboke yaba yenda...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Nairobi yatangiye iperereza ku rupfu rw’ umusore wiyahuye ubwo yarimo akina umukino udasanzwe wo kuri murandasi bigakekwa ko yaba yariyahuye abisabwe muri uwo...