Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, bugufi y’ isoko rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Musanze hagaragaye umugabo witwa Ndagijimana Jean Paul w’imyaka 30, uvuga ko ari umuvugabutumwa...
Ihuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka.
Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017,...
Umukobwa w’ umucuruzi witwaga Uwamwezi Claudine wari utuye mu Mujyi wa Kayonza, mu Murenge wa Mukarange yasanzwe mu nzu aho bikekwa ko yiciwe anizwe ndetse umurambo we waratangiye kunuka....
Nibura abantu 22 bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ igikuta ubwo bari mu birori by’ ubukwe mu majyaruguru y’ u Buhinde.
Iyo mpanuka yatewe n’ umuyaga wahushye ubwo bari mu birori by’ ubukwe yakomereyemo...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti bageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017, bitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika ‘Transform...
Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos aratangaza ko nubwo iyi ikipe yatunze abakinnyi b’ibihangange nka Zinedine Zidane,Raul,Alfred di Stefano,Luis Figo,Ronaldo n’abandi,ikipe bafite uyu mwaka...