Uwari umuyobozi w’ ingabo z’ umuryango w’ Abibumbye zari mu butumwa bw’ Amahoro mu Rwanda, Lieutenant General Roméo Dallaire yavuze ko kuba amahanga ataratabaye u Rwanda abona byatewe n’ impamvu...
Abantu batatu barasiwe mu mirwano y’abapolisi n’abatwara abagenzi muri taxi, yabereye mu gace ka Kyengera mu Karere ka Wakiso, bajyanwa mu bitaro bakomeretse bikomeye.
Abapolisi bakoresheje...
Amakuru menshi yo mu Rwanda abitswe mu buryo bukorwa hifashishijwe murandasi abitse mu bihungu by’ amahanga aho amenshi abitse muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Ibi ngo biterwa ni uko mu Rwanda...
Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yasubiye mu gihugu cy’ u Bwongereza ajyanywe no kwivuza indwara itaramenyekana.
Kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi nibwo uyu mukuru w’ igihugu yuriye indege...
Umuhanzikazi Teta Diana wari umaze umwaka mu bihugu by’ I Burayi aho yakoreye ibitaramo bitandukanye yagarutse mu Rwanda.
Uyu muhanzi wabaye mu bihugu birimo Suwede, u Busuwisi, u Bubiligi n’...
Perezida mushya w’ u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko ari umukunzi ukomeye w’ ikipe yo mu majyepfo y’Ubufaransa ya Olympique de Marseille.
Mu matora y’ umukuru w’ u Bufaransa yabaye kuri uyu wa 7...
Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rutere nta gihe kinini gishize ruvuye muri Jenoside yakorewe abatutsi byasabye Abanyarwanda gushyirahamwe no guhindura imyumvire,...