Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yasubiye mu gihugu cy’ u Bwongereza ajyanywe no kwivuza indwara itaramenyekana.
Kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi nibwo uyu mukuru w’ igihugu yuriye indege...
Umuhanzikazi Teta Diana wari umaze umwaka mu bihugu by’ I Burayi aho yakoreye ibitaramo bitandukanye yagarutse mu Rwanda.
Uyu muhanzi wabaye mu bihugu birimo Suwede, u Busuwisi, u Bubiligi n’...
Perezida mushya w’ u Bufaransa Emmanuel Macron avuga ko ari umukunzi ukomeye w’ ikipe yo mu majyepfo y’Ubufaransa ya Olympique de Marseille.
Mu matora y’ umukuru w’ u Bufaransa yabaye kuri uyu wa 7...
Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rutere nta gihe kinini gishize ruvuye muri Jenoside yakorewe abatutsi byasabye Abanyarwanda gushyirahamwe no guhindura imyumvire,...
Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, mu matora y’Umukuru w’igihugu w’ u Bufaransa yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, umukandida akaba atsinze Marine Le Pen bari bahanganye ku...
Mu gihugu cya Tanzania abana b’abanyeshuri bagera kuri 30 baguye mu mpanuka ya bisi.
Impanuka yabereye hafi y’umugi wa Karatu mu majyaruguru y’igihugu igihe bisi bari barimo yibiranduraga mu...
Ku isaha ya Saa mbili ku masaha yo mu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi 2017, Abafaransa bazindukiye mu matora y’ icyiro cya kabiri.
Emmanuel Macron na Madamu Marine Le Pen, umwe...