skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Kigali: Umusirikare yarashe nyir’ akabari arapfa, intandaro yabaye umugore

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017 nibwo hamenyekanye ko Ivan Ntivuguruzwa wari ufite akabari i Gikondo mu mujyi wa Kigali yarashwe n’ umusirikare mu ngabo z’ u Rwanda bikamuviramo...
10 May 2017 Yasuwe: 10754 20

Uganda yataye muri yombi abanyamahanga bagera kuri 36

Urwego rushinzwe abinjira n’ abasohoka muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi nibura abagera kuri 36 bazira kuba muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba. Uko ari 36 bafatiwe...
10 May 2017 Yasuwe: 1298 0

Muyoboke yamaganiye kure ibivugwa ko agiye gutandukana na Charly na Nina

Alex Muyobobe, umujyanama w’ abaririmbyi b’ abanyarwandakazi Charly na Nina yamaganiye kure ibimaze iminsi bihwihwiswa ko yaba ari mu nzira yo gutandukana nabo. Abavuga ko Muyoboke yaba yenda...
10 May 2017 Yasuwe: 1322 0

Kigali : Perezida Kagame aratanga ikiganiro muri Transform Afurika 2017

Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
10 May 2017 Yasuwe: 766 2

Kenya: Umusore yiyambuye ubuzima kubera umukino udasanzwe wo kuri internet

Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Nairobi yatangiye iperereza ku rupfu rw’ umusore wiyahuye ubwo yarimo akina umukino udasanzwe wo kuri murandasi bigakekwa ko yaba yariyahuye abisabwe muri uwo...
9 May 2017 Yasuwe: 2424 0

U Rwanda rugiye guca ukubiri no gutumiza I Mahanga indorerwamo z’ amaso [Amafoto]

Mu gihe u Rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017, mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Laboratoire iri ku rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo...
9 May 2017 Yasuwe: 2204 4

Umukandida wigenga niwe wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo

Abaturage ba Koreya y’ Epfo bahisemo umukandida wigenga Moon Jae-in ngo ababere Perezida usimbura Park Geun Hye uherutse kweguzwa kubera ruswa. Muri aya matora yabaye kuri uyu Kabili tariki ya 9...
9 May 2017 Yasuwe: 1861 1

Mu Rwanda hatangiye kubakwa uruganda rubyaza nyiramugengeli mo amashyanyarazi

Mu murenge wa Mamba mu karere ka Gisagara hatangiye kubakwa uruganda rutunganya nyiramugeli ikabyazwa amashyanyarazi. Umuhango wo gushyira ibuye ry’ ifatizo ahagiye kubakwa urwo ruganda wabaye...
9 May 2017 Yasuwe: 701 2

Inkura 8 n’ intare 2 z’ ingabo byagejejwe muri Pariki y’ Akagera

Nyuma y’ uko minsi ishize pariki y’ Akagera yagejejewemo inkura 10 zivuye muri Afurika y’ Epfo, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017 izindi nkura umunani nazo zagejejwe muri iyo pariki ziri...
9 May 2017 Yasuwe: 2128 3

Umurwayi yiyahuye kubera kubwirwa ko abuza amahirwe umuryango we

Umugabo witwa Patrick Odongo wari utuye mu karere ka Oyam mu gihugu cya Uganda bamusanze yimanitse mu mugozi kuri uyu 8 Gicurasi 2017, nyuma yo kubwira umugore we ko umuryango umushinja kuwutera...
9 May 2017 Yasuwe: 2913 1
0 | ... | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230