Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017 nibwo hamenyekanye ko Ivan Ntivuguruzwa wari ufite akabari i Gikondo mu mujyi wa Kigali yarashwe n’ umusirikare mu ngabo z’ u Rwanda bikamuviramo...
Urwego rushinzwe abinjira n’ abasohoka muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi nibura abagera kuri 36 bazira kuba muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba.
Uko ari 36 bafatiwe...
Alex Muyobobe, umujyanama w’ abaririmbyi b’ abanyarwandakazi Charly na Nina yamaganiye kure ibimaze iminsi bihwihwiswa ko yaba ari mu nzira yo gutandukana nabo.
Abavuga ko Muyoboke yaba yenda...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Nairobi yatangiye iperereza ku rupfu rw’ umusore wiyahuye ubwo yarimo akina umukino udasanzwe wo kuri murandasi bigakekwa ko yaba yariyahuye abisabwe muri uwo...
Mu gihe u Rwanda rukomeje guteza imbere ibikorerwamu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2017, mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Laboratoire iri ku rwego mpuzamahanga ikora indorerwamo...
Umugabo witwa Patrick Odongo wari utuye mu karere ka Oyam mu gihugu cya Uganda bamusanze yimanitse mu mugozi kuri uyu 8 Gicurasi 2017, nyuma yo kubwira umugore we ko umuryango umushinja kuwutera...