Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi abakozi bane bakora muri resitora ya make igaburira abanyeshuri muri Kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Huye.
Ibi byaje bikurikira kuba hari abanyeshuri...
Nyuma yo kwerekeza mu ikipe ya Chelsea aguzwe muri Marseille kuri miliyoni 33 z’ama-pound (£33m), umubiligi Michy Batshuayi yafashije iyi kipe y’i Londres kwegukana igikombe cya shampiyona y’u...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko Virus ya Ebola yongeye kugaragara mu gihugu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho imaze guhitana abagera kuri batatu mu...
Leta y’ u Rwanda yiyemeje kwishyurira amazi, amashanyarazi, imihanda na fiber optic (imiyoboro ya interineti), abubaka amacumbi maremare yo guturamo azwi nka appartement.
Ibi byatangajwe na...
Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi asinzira mu nama bitewe n’ izabukuru atari byo ahubwo aba ahumirije
George Charamba yatangaje ko...
Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe.
Uyu Rugamba,...