Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi asinzira mu nama bitewe n’ izabukuru atari byo ahubwo aba ahumirije
George Charamba yatangaje ko...
Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe.
Uyu Rugamba,...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, bugufi y’ isoko rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Musanze hagaragaye umugabo witwa Ndagijimana Jean Paul w’imyaka 30, uvuga ko ari umuvugabutumwa...
Ihuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka.
Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017,...
Umukobwa w’ umucuruzi witwaga Uwamwezi Claudine wari utuye mu Mujyi wa Kayonza, mu Murenge wa Mukarange yasanzwe mu nzu aho bikekwa ko yiciwe anizwe ndetse umurambo we waratangiye kunuka....