skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Umuvugizi wa Perezida Mugabe yanyomoje amakuru y’ uko Mugabe asinzira mu nama

Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi asinzira mu nama bitewe n’ izabukuru atari byo ahubwo aba ahumirije George Charamba yatangaje ko...
12 May 2017 Yasuwe: 1288 4

Umukobwa wigaga mu cyaho ari KIE bamusanze mu nzu yabagamo yimanitse mu mugozi

Umwana w’ umukobwa witwa Bayavuge Jacqueline wigaga mu cyahoze ari KIE, ubu akaba ari Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ uburezi bamusanze mu nzu yakodeshaga yapfuye yimanitse mu mugozi birakekwa ko...
12 May 2017 Yasuwe: 7486 13

Polisi y’u Rwanda yafunze abagore batatu bakurikiranyweho gucuruza no kwinjiza urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifunze abagore batatu aribo Uwimana Aisha w’imyaka 23, Uwamahoro Chantal w’imyaka 29 na Uwimana Ange w’imyaka 31, nyuma yo gufatanwa urumogi. Bose...
12 May 2017 Yasuwe: 2116 1

Umugororwa watorotse gereza yashyikirijwe polisi y’ u Rwanda

Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe. Uyu Rugamba,...
11 May 2017 Yasuwe: 6207 3

Perezida Kagame yagaragaraje ikizatuma abakobwa batinyuka ikoranabuhanga

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yasobanuye ko imiyoborere myiza iha agaciro kangana abaturage ari yo izatuma abari n’abategarugori bagerwaho n’ikoranabuhanga bakanatinyuka kurikoresha. Yabivugiye...
11 May 2017 Yasuwe: 498 0

Musanze: Umuvugabutumwa yigishirije mu muhanda yaka amaturo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, bugufi y’ isoko rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Musanze hagaragaye umugabo witwa Ndagijimana Jean Paul w’imyaka 30, uvuga ko ari umuvugabutumwa...
11 May 2017 Yasuwe: 3746 7

Stade ya Huye yafungiwe amazi n’ umuriro kubera ideni RHA ibereyemo REG na WASAC

Stade Huye yafungiwe amazi n’umuriro kubera umwenda w’amazi n’amashanyarazi ungana na miliyoni zisaga esheshatu Ikigo cy’igihugu cy’imiturire (Rwanda Housing Authority/RHA) kibereyemo REG na WASAC....
11 May 2017 Yasuwe: 660 0

Martin Ngoga yatorewe kuba mu kanama ka FIFA gashinzwe imyitwarire

Inteko rusange ya 67 y’Ishyirahamwe ry’umupira w’amagaru ku Isi (FIFA), yemeje Martin Ngoga nk’umwe mu bagize akanama gashinzwe imyitwarire muri iryo shyirahamwe. Ngoga wari usanzwe agaharariye u...
11 May 2017 Yasuwe: 826 0

Gira Inka igiye kujya ishyirwamubikorwa n’ imiryango itegamiye kuri Leta

Ihuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka. Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017,...
11 May 2017 Yasuwe: 690 1

Kayonza: Umurambo w’ umukobwa bikekwa ko yishwe anizwe wabonetse umaze iminsi 5

Umukobwa w’ umucuruzi witwaga Uwamwezi Claudine wari utuye mu Mujyi wa Kayonza, mu Murenge wa Mukarange yasanzwe mu nzu aho bikekwa ko yiciwe anizwe ndetse umurambo we waratangiye kunuka....
11 May 2017 Yasuwe: 1473 0
0 | ... | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230