Perezida wa Irani Hassan Rouhani niwe wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cya Irani, mu ijambo yavuze akimara gutorwa yavuze ko yubaha abo bahanganye yongeraho ko abamutoye bahisemo ko Irani...
Trump n’umugore we Melania bakiriwe n’umwami Salman bin Abdulaziz Al Saud (iburyo)
Perezida wa Amerika Donald Trump arageza ijambo ku idini ya Isilamu muri Arabia Saudite aho ari mu ruzinduko...
Mu murenge wa Kazo, mu karere ka Ngoma aborozi bo baravuga ko inka zabo zimaze iminsi zibasiwe n’indwara bataramenya ubu imaze guhitana inka 20 mu mezi abiri gusa iyi ndwara imaze igaragaye muri...
Umwami Salman bin Abdulaziz w’Arabiya Sawudite na Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika bashyize umukono ku masezerano ya gisilikali afite agaciro karengeje amadolari miliyari 350 ku...
Nyuma y’ iminsi ibiri abagororwa ibihumbi bitatu batorotse gereza Makala yo mu murwa mukuru Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo abandi kuri uyu wa gatanu, abagororwa 68 mu bagororwa 74...
Mu mujyi wa New York wo muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika umugabo bikekwa ko yari yafashe ku biyobyabwenge yayobeje imodoka ayinyuza mu nzira yagenewe kunyurwamo n’ abanyamaguru yicamo umwe abandi...