Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe yibajije impamvu hari abafite amacakuri ashingiye ku bihugu bahungiyemo avuga ko Ndi Umunyarwanda igomba gushyira iherezo kuri...
Ibiro ntaramakuru by’ Abafaransa AFP byatangaje ko Perezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba ari mu bitaro mu gihugu cya Arabia Saoudite aho yari yagiye yitabiriye inama yiga ku...
Umwe mu bagore bo muri guverinoma ya Uganda aragezwa imbere y’ urukiko kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Ukwakira 2018, akurikiranyweho gutanga itegeko ku bashinzwe umutekano bagakorera iyicarubozo...