Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 yifatanye n’ abanyaKigali muri siporo rusange isigaye iba kabiri mu kwezi mu mihanda itarimo ibinyabiziga bya moteri. Ni ku nshuro ya...
Minisitiri mushya w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Richard Sezibera ni umwe mu ba Minisitiri bashya barahiriye imirimo mishya kuri uyu wa 19 Ukwakira 2018 akaba yiyemeje gutanga umusanzu we...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kongera umubare w’abagore mu nzego zifata ibyemezo ari inyungu ku bandi bagore, kuko bigira uruhare mu gucyemura ibibazo bahura nabo muri rusange ariko n’...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yavuze ko atizeye ko umunyamakuru wo muri Turikiya Jamal Khashoggi yaba agihumeka umwuka w’ abazima gusa yavuze ko naba yarapfuye abazaba...