Umunyamakuru usoma amakuru kuri televiziyo yo muri Kenya NTV mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 22 Ukwakira 2018 yatabaye ubuzima bw’ umushoferi utwara ikamyo na kigingi we ubwo bari bakoze...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump udahema kugaragaza ko yababajwe n’ iyicwa ry’ umunyamakuru Jamal Khashoggi yavuze ko ibisobanuro bya Arabia Saoudite...