Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda yavuze kuri uyu wa Kabiri ko igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, kugira ngo “zibungabunge umutekano” mu gihe umwuka...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko bigoye cyane kuba Ukraine yakwigarurira ibice yambuwe n’u Burusiya, ayisaba gucisha make ikemera...
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yakiriye Qimiao Fan, Uhagarariye Banki y’Isi mu gihugu mu Rwanda, Kenya, Somaliya, na Uganda.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteguye gusuzuma ibijyanye n’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho umusenateri avuganye n’Abayobozi ba Amerika ngo...
Intambara yongeye kuba igikangisho muri Sudani y’Epfo nyuma y’uko umwuka wa politiki urushijeho kuba mubi hagati ya Perezida Salva Kiir na Visi-Perezida we, Riek Machar. Imvururu ziheruka kubera...
Kuri uyu wa mbere, itariki ya 10 Werurwe, abayobozi benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi bo mu ishyaka ry’abaturage riharanira iterambere (PPRD) bahamagajwe n’Umushinjacyaha wa...