skol
Kigali

Author

Pacifique NKURUNZIZA

M23 yafashe agace ka Kaziba

Mu mirwano yabaye ku munsi wo kuwa mbere M23 yafashe agace ka Kaziba muri operation yagoye ingabo z’u Burundi byatumye zihitamo kwiruka nkuko abaturage baturiye ahabereye imirwano babitangarije...
11 March 2025 Yasuwe: 1095 0

Uganda yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda yavuze kuri uyu wa Kabiri ko igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, kugira ngo “zibungabunge umutekano” mu gihe umwuka...
11 March 2025 Yasuwe: 686 0

ibyiza bye biruta ibibi, Sandra Teta avuga ku mugabo we ukunda kumukubita

Umuhanzi Weasel, umwe mu bagize itsinda Radio & Weasel amaze imyaka irenga icumi abana n’umugore we Sandra Teta aho bombi bafitanye abana barenga batatu.
11 March 2025 Yasuwe: 697 0

Ukraine yasabwe guhara ubutaka yambuwe n’u Burusiya

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko bigoye cyane kuba Ukraine yakwigarurira ibice yambuwe n’u Burusiya, ayisaba gucisha make ikemera...
11 March 2025 Yasuwe: 719 0

Perezida Kagame yaganiriye na Banki y’Isi ku bufatanye buriho n’ejo hazaza

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yakiriye Qimiao Fan, Uhagarariye Banki y’Isi mu gihugu mu Rwanda, Kenya, Somaliya, na Uganda.
11 March 2025 Yasuwe: 181 0

Alexis Sinduhije yemeye ko Red Tabara ikomoka ku ishyaka MSD yashinze

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, ubarizwa mu buhungiro mu gihugu cy’u Bubiligi, Alexis Sinduhije, yemeye ko ishyaka MSD yashinze ari ryo riri inyuma y’umutwe wa Red-Tabara mu...
10 March 2025 Yasuwe: 590 0

Amerika yiteguye kuganira na RDC ku mabuye y’agaciro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteguye gusuzuma ibijyanye n’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho umusenateri avuganye n’Abayobozi ba Amerika ngo...
10 March 2025 Yasuwe: 809 0

Intambara ya gisivile iratutumba muri Sudani y’Epfo

Intambara yongeye kuba igikangisho muri Sudani y’Epfo nyuma y’uko umwuka wa politiki urushijeho kuba mubi hagati ya Perezida Salva Kiir na Visi-Perezida we, Riek Machar. Imvururu ziheruka kubera...
10 March 2025 Yasuwe: 297 0

Kenya: Amafaranga Ruto yatanze ku rusengero yateje imyigaragambyo

Mu mpera z’icyumweru gishize ku itariki ya 09 Werurwe 2025, Nibwo Abanyakenya biganjemo urubyiruko bakoze imyigaragambyo ndetse bagerageza kwibasira inyubako z’itorero Jesus Winner Ministry...
10 March 2025 Yasuwe: 321 0

Abatavuga rumwe na Tshisekedi batangiye guhamagazwa

Kuri uyu wa mbere, itariki ya 10 Werurwe, abayobozi benshi batavuga rumwe n’ubutegetsi bo mu ishyaka ry’abaturage riharanira iterambere (PPRD) bahamagajwe n’Umushinjacyaha wa...
10 March 2025 Yasuwe: 687 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50