U Burusiya ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare, bwanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi bikomeje kuruca bikarumira ku kibazo cy’Abacanshuro b’abazungu...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye Perezida Paul Kagame watangaje ko yakwemera gufatirwa ibihano aho kwemera ko umutekano w’u Rwanda uhungabana.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, i Minembwe mu giturage cya Gakenke, hagabwe igitero gikomeye cya FARDC cyatumye abaturage benshi bata ibyabo bajya kwihisha, mu gihe...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irucecekesha, mu gihe iki gihugu gikomeje guteza ibibazo by’umutekano ku Rwanda.
Umuyobozi w’Igisirikare cy’Umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, yagaragaye mu ruhame aho ku wa Gatanu yasuye abasirikare bo mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...