skol
Kigali

Author

Pacifique NKURUNZIZA

Igisubizo ku bashakanye batakibasha gutera akabiriro uko bikwiye

Hirya no hino mu gihugu, usanga hari abashakanye batakibasha gutera akabariro uko bikwiye ndetse rimwe na rimwe ugasanga buri umwe ashinja undi amakosa cyangwa ugasanga bayagereka mu bundi burwaye...
6 March 2025 Yasuwe: 1413 0

U Bwongereza bwahakaniye u Rwanda rubwishyuza za miliyari

Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko nta yandi mafaranga buzishyura u Rwanda, nyuma yo gusesa amasezerano yerekeye abimukira ibihugu byombi byari byarasinyanye.
5 March 2025 Yasuwe: 825 0

Urukiko twategetse Umujyi wa Kampala guhindura amazina y’imihanda yitiriwe abakoloni

Muri Uganda, urukiko rukuru rwategetse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kampala, gutangiza gahunda yo guhindura amazina y’imihanda imwe n’imwe yo muri uwo Mujyi, yitiriwe abakoloni b’Abongereza bakolonije...
5 March 2025 Yasuwe: 353 0

U Burusiya bwiteguye guhuriza Amerika na Iran mu biganiro

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko icyo gihugu cyiteguye gufasha Amerika na Iran mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.
5 March 2025 Yasuwe: 290 0

M23 yavuze ko itazarebera RDC iyirasaho ikica n’Abanyamulenge

Umuyobozi w’Umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa,uwo mutwe ayoboye utazarebera ubwicanyi bukorwa na Leta ya Congo by’umwihariko bukibasira abo mu bwoko bw’Abanyamalenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
4 March 2025 Yasuwe: 1150 0

Polisi yafunze abarenga 30 bakekwaho kuyogoza abaturage

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, yataye muri yombi abantu barenga 30 bakekwaho gutegera abagenzi mu nzira bakabashikuza ibyabo, kubakomeretsa, ndetse...
4 March 2025 Yasuwe: 405 0

U Rwanda rurishyuza u Bwongereza miliyoni 50 z’Amapawundi

U Rwanda rwasabye u Bwongereza kwishyura Miliyoni 50 z’Amapawundi (abarirwa muri Miliyari zisaga 89 z’Amafaranga y’u Rwanda) nyuma y’uko u Bwongereza butubahirije amasezerano yo kohereza abimukira...
4 March 2025 Yasuwe: 459 0

U Rwanda rugiye gutangiza ikigo gishya kivura Kanseri

Mu gihe kugeza ubu mu Rwanda abivuza kanseri bitabwagaho n’ibitaro by’i Butaro n’iby’i Kanombe, ku bitaro bya Kaminuza by’i Butare (CHUB) bazatangira gufasha abafite iyo ndwara muri Nyakanga 2025.
4 March 2025 Yasuwe: 487 0

M23 yateye utwatsi Reta ya Congo ibita ibyihebe

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi bawo atari ibyihebe nk’uko bivugwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahubwo ko barwanira...
3 March 2025 Yasuwe: 944 0

Ubwongereza mu mugambi wo kohereza ingabo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yashimangiye ko agitekereza kohereza ingabo z’icyo gihugu muri Ukraine kugira ngo zibungabunge amahoro nyuma y’intambara iki gihugu cyashojweho n’u...
1 March 2025 Yasuwe: 524 0