Mu gitaramo cya ‘Seka Live ‘ cyabaye mu joro ryo kuri uyu wa 27 Kanama 2023 muri Camp Kigali, kigahuriramo abanyarwenya batandukanye barimo Arthur Nkusi, Eric Omondi, Loyiso Gola, MC Kash,...
Ni kenshi wumva abagore bavuga ko batanezerewe mu umubano wabo cyangwa mu ngo n’ abo bashakanye. Uku kutishima babishinja abandi nyamara ntibatekereze ko baba ari bo ba nyirabayazana b’uwo munezero...
Imyambarire y’umuherwe akaba n’umunyamideli Kanye West yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amafoto yafashwe uyu muraperi ari mu mihanda yo mu Butaliyani yambaye mu buryo...
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nibwo Christopher yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, yerekeje muri Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bizazenguruka muri Leta...