Umuco wo gutendeka ku bakobwa umaze kuba nk’akamenyero muri iyi minsi aho usanga umusore cyangwa inkumi idatinya kwemerera undi muntu urukundo kandi afite n’undi ku ruhande, gusa ibi usanga akenshi...
Robinson Mugisha wamenye nka Producer Element, yatangaje ko gushyira imbaraga mu mwuga we wo gutunganya indirimbo (Production) byaturutse ku kwiremamo icyizere no gushikama ku nganzo yiyumvagamo,...
Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi...
The Ben wasezeyeho bwa nyuma Papa we mu kiniga n’agahinda yahishuye ko se yaranzwe no gusabana no guca bugufi, agaragaza uruhare rwa se mu buhanzi bwe atirengagije uburyo Satani yagerageje se mu...
Nyuma y’uko Ross Kana uri mubahanzi bari kuzamuka neza bivuzwe ko atavuga rumwe na Bruce Melodie na Element bakoranye indirimbo ‘Fou de toi’ yavuze impamvu yabuze mu gitaramo cya ‘Giants of...
Bad Rama washinze inzu ya The Mane yazamuye abahanzi nyarwanda , ari mu mashimwe nyuma yo guhura n’umuvandimwe we batandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994...