skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Impamvu zituma umukobwa akundana n’abasore barenze umwe

Umuco wo gutendeka ku bakobwa umaze kuba nk’akamenyero muri iyi minsi aho usanga umusore cyangwa inkumi idatinya kwemerera undi muntu urukundo kandi afite n’undi ku ruhande, gusa ibi usanga akenshi...
24 August 2023 Yasuwe: 1068 0

Dore uburyo bushya 8 abasore b’ubu bakoresha bagiye kubenga abakobwa

Mu gihe bizwi ko ubusanzwe abakobwa aribo babenga - ibizwi nko gutera indobo - nyamara kuri ubu abasore basigaye aribo batera indobo abakobwa bifashishije ibintu bishya...
24 August 2023 Yasuwe: 1466 0

Uganda: Ambasaderi w’u Rwanda yagize icyo avuga ku rupfu rw’umunyarwanda wahaguye

Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Col Joseph Rutabana, yatangaje ko kugeza ubu bakomeje gukurikirana icyihishe inyuma y’urupfu rw’umucuruzi w’Umunyarwanda, Fred Kayitare uherutse gupfira muri icyo...
24 August 2023 Yasuwe: 1153 0

Producer Element yagiriye inama urubyiruko rwitabiriye YouthConnekt

Robinson Mugisha wamenye nka Producer Element, yatangaje ko gushyira imbaraga mu mwuga we wo gutunganya indirimbo (Production) byaturutse ku kwiremamo icyizere no gushikama ku nganzo yiyumvagamo,...
24 August 2023 Yasuwe: 232 0

Umugabo wa mukuru wanjye yansambanyirije mu bwogero antera inda- NKORE IKI?

Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi...
24 August 2023 Yasuwe: 1238 0

RIB yahaye gasopo shene za YouTube zigera kuri 32

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije bwa nyuma imiyoboro ya YouTube irenga 30 yo mu Rwanda itangaza ibijyanye n’ibiterasoni ndetse n’uburaya.
24 August 2023 Yasuwe: 752 1

The Ben asezera Se bwa nyuma yahishuye uburyo yageragejwe n’abanyamakuru mu bihe byanyuma

The Ben wasezeyeho bwa nyuma Papa we mu kiniga n’agahinda yahishuye ko se yaranzwe no gusabana no guca bugufi, agaragaza uruhare rwa se mu buhanzi bwe atirengagije uburyo Satani yagerageje se mu...
23 August 2023 Yasuwe: 2697 1

Ross Kana yashyize umucyo ku mwuka mubi wavugwaga hagati ye na Bruce Melodie

Nyuma y’uko Ross Kana uri mubahanzi bari kuzamuka neza bivuzwe ko atavuga rumwe na Bruce Melodie na Element bakoranye indirimbo ‘Fou de toi’ yavuze impamvu yabuze mu gitaramo cya ‘Giants of...
23 August 2023 Yasuwe: 630 0

Bad Rama ari mu mashimwe nyuma yo guhura na murumuna we nyuma y’imyaka 30

Bad Rama washinze inzu ya The Mane yazamuye abahanzi nyarwanda , ari mu mashimwe nyuma yo guhura n’umuvandimwe we batandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994...
23 August 2023 Yasuwe: 815 0

CP Kabera yihanganishije umuryango wa The Ben wagize ibyago

Umuvugizi wa Police y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yihanganishije umuryango wa The Ben mu muhango wo kurara ikiriyo aho uyu mubyeyi yari atuye.
23 August 2023 Yasuwe: 955 0
0 | ... | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | ... | 2770