Tiwatope Savage wishimiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere yanyuzwe n’uko yakiriwe mu Rwanda, igihugu yari akandagiyemo bwa mbere, anyurwa n’ubwiza yasanganye abanyarwandakazi.
Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi...
Iyo uri mu rukundo, hari byinshi uhindura mu myitwarire yawe kugirango urusheho kugenda wigarurira umukunzi wawe ariko uko urukundo rwanyu rugenda rukura niko mugenda murushaho kumenyerana buri...
Ubwoba bushobora gutuma umuntu agana mu icuraburindi bitewe no kwihutira cyangwa gutinda gufata icyemezo nyacyo mu gihe gikwiye, ariko uhangana nabwo akabunesha ni we ufatwa nk’intwari mu rugendo.
Consultancy in Health System Strengthening We also provide cutting edge consultancy services on generation and use of strategic information for planning and metrics of health interventions.
Ubuhamya bw’umunyamakuru wa BBC Ellie House, bukomeje gutungura benshi mu Bwongereza nyuma y’uko atangaje ko yabaye umutinganyi biturutse kuri Filime za Netflix
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria, David Adeleke uzwi ku izina rya Davido utegerejwe gutaramira i Kigali mu birori byo gusoza Iserukiramuco ‘Giants of Africa’ yaraye agiranye ikiganiro na Bruce...