Umusore uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Mister Africa International,
Rukundo Dismas yerekeje mu gihugu cya Côte d’Ivoire aho iri rushanwa rigiye kubera ku nshuro yaryo ya cyenda
Umukobwa ugezweho muri Cinema mu Rwanda Isimbi Alliance uzwi ku izina rya Alliah Cooll ,yasubije abamwibasiye kubera ikanzu ye yambaye ku munsi yamuritse ho firime ye yambere
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire itandukanye.
Umuraperi w’umuherwe Rick Ross ari mu byishimo byinshi by’uko yahawe uruhushya rumwemerera gutwara ibinyabiziga nyuma y’igihe kinini ntarwo agira. Rick Ross utunze imodoka zirenga 90 avuga ko...