Igifu ni rumwe mu ngingo zifitiye akamaro gakomeye umubiri wacu ; aho kigira umumaro mu igogorwa (gutunganya ibiryo) ry’ibiryo n’ibyo tunywa byose. Ni kimwe mu nyama zo mu nda, giherereye ku gice...
Miss Uwase Raïssa Vanessa wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015, yasezeye umwuga w’itangazamakuru yakoraga kuri kuri City radio nyuma yamezi Atatu yonyine amaze abikora ,...
Buri mubyeyi wese aba afite inzozi zo kubona abana be bakura neza, haba mu gihagararo, mu bwenge no mu burere, ku buryo aba yiteguye gutanga ibishoboka byose kugira ngo abigereho.
Umunyanideli Zari Hassan uzwi nka The Boss Lady yateye urujijo kuri bamwe bakavuga ko atwite inda ya 6. Uyu mugore w’imyaka hafi 40 y’amavuko avuga ko kuba hari abavuga ko atwite byashoboka kandi...