Miss Muyango Claudine umaze Iminsi 6 yakiriye imfura ye na Kimenyi Yves yerekanye amarangamutima n’ibyishimo yatewe no kwibaruka imfura ye , ndetse we ahamya ko ari ibyishimo byinshi mu muryango we.
Kim Kardashian yahishuye ko icyatumye yaka gatanya na aruko uyu muraperi Kanye West yamuciye inyuma inshuro irengeje imwe akanashaka undi mukunzi ku ruhande ubwo bari bakibana. Ibi byemejwe na...
Nyuma y’uko Jay Polly yitabye Imana mu masaha macye ashize , amagambo yuzuyemo agahinda, urwibutso rwe no kumwifuriza kuruhukira aheza, ni yo yiganje ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi n’abandi...
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi ku izina rya Queen Cha yatangaje ko Producer Element umaze kubaka izina muri muzika Nyarwanda ari umuhanga cyane mu Rwanda.
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe.