Mu rukerera rwo ku wa Kane tariki ya 24 Gashyantare muri uyu mwaka, mu ijambo Perezida Vladimir Putin yavugiye kuri televiziyo y’u Burusiya, maze atungura Isi, ahita atangaza ko atangije ku...
Guverinoma y’igihugu cya Nigeria yamaze gutegura indege ebyiri zo mu bwoko bwa "Air Peace and Max Air", zigomba gutangira gucyura kuri uyu wa gatatu abaturage b’iki gihugu bari muri Ukraine muri...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...
Umunya-Ukraine Anatoliy Volodimirovich Budyak ukinira Terengganu Polygon Cycling Team yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2022 kahagurukiye i Musanze kagasorezwa kuri Kigali Convention...