Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yifurije amahirwe umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, witegura gusoza amasomo ya Ofisiye mu ishuli rya gisirikare rya Royal Military Academy Sandhurst mu bwongereza.
Perezida Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nk’uko amakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu abitangaza, yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Sénégal aho baganiriye ku ngingo zirebana n’uyu...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ategerejwe mu nama ikomeye igiye kubera i Kinshasa kuri uyu wa kane, aho ari inama igomba kwiga ku ngingo zitandukanye by’umwihariko ibikorwa by’amahoro...
Kuri uyu wa Gatatu, isiganwa rya Tour du Rwanda ryakomeje ku umunsi waryo wa kane, mu gace kahagurukiye i Kigali [Kimironko] kerekeza mu Karere ka Gicumbi, ku ntera y’ibilometero 124,3.
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 23 Gashyantare 2022, nibwo habonetse imirambo y’abagore babiri bari barohamye mu Kiyaga cya Ruhondo ku mugoroba wo kuwa 19 Gashantare 2022.