Polisi ikorera mu Karere ka Kayonza, ahagana saa sita z’amanywa, yafashe Nsabimana Emmanuel, umushoferi w’imodoka itwara imyaka, ubwo yageragezaga guha abapolisi bo mu muhanda ruswa ya 20,000Frw.
Polisi ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari, bafashe uwitwa Habimana Célestin ukekwaho kwiba Moto yiyita umusirikare wa RDF.
Mu gihe isi yose ikomeje kwibaza ku kibazo cy’Uburusiya na Ukraine, Amerika ikomeje kugaragaza kudashira amakenga Uburusiya no kugaragaza ko ishobora kuba iri gushaka impamvu zaba nyirabayazana mu...
Morali ni yose mu Banyarwanda i Bruxelles mu bubiligi n’inshuti zabo bakoraniye hanze y’inyubako ikoreramo Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ari benshi bategereje kuramutsa Perezida Kagame witabiriye...
Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General Salim Saleh mu Rwanda, Guverinoma ya Uganda yanyomoje aya makuru, ivuga ko ari ikinyoma.