Kuri uyu wa kane, taliki ya 10 Gashyantare Abapolisi bo mu ishami rishinzwe Umutekano wo mu mazi, bazobereye mu gutabara no gushaka abantu cyangwa ibintu byaguye mu mazi (DIVERS), bakuye mu mazi...
Lt Gen Muhoozi ukomeje kugaragaza ubushake mu gutuma u Rwanda na Uganda byongera kunoza umubano,akomeje kwerekana ko ibihugu byombi ari abavandimwe kandi kuva na kera ariko...
Umwe mu bagore bakomeye ndetse banamaze kubaka izina ku isi, Ilhan Omar asanga Umwanzuro wo gushyira igitutu ku Rwanda ngo rurekure Paul Rusesabagina ntacyo umaze, kuko mu gihe yarekurwa yakomeza...
Amakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, aratangaza ko Perezida w’u Rwanda Paul kagame Yakiriye ndetse akanagirana ibiganiro na mugenzi wa Mozambique Perezida...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo...
Minisitiri Mushya w’ibikorwaremezo, Nyuma Gushyikirizwa inshingano Nshya ndetse no kugaragarizwa ibimutegereje muri iyi Minisiteri, Yagaragaje ko hari byinshi agiye gukemura no kurangiza birimo...
Leta ya Niger iherutse gufata umwanzuro wo gusubiza i Arusha muri Tanzania, Abanyarwanda umunani barimo abasoje ibihano byabo ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ababaye abere mu Rukiko...