skol
Kigali

Author

TUYISENGE Fabrice

Harmonize agiye gusezera umuziki nyuma ya Album ye ya nyuma agiye gushyira hanze

Harmonize yamaze gutangaza ko agiye gushyira hanze Album ya nyuma ndetse ashimangira ko agiye kureka umuziki.
22 May 2024 Yasuwe: 884 0

Dore amabanga abagabo bavumbura ku bakunzi babo ntirireme

Abagabo bakunze kuba abanyamahoro no mu rugo ndetse bagacisha macye ariko bagakunda ukuri kwinshi ndetse bagakunda abagore batabahisha buri kimwe kabone nubwo bo batabura amabanga bahisha.
22 May 2024 Yasuwe: 2193 0

Dore icyo wakora kugira ngo uturishe umutima w’umusore wahuzwe urukundo

Urukundo rwakomerekeje bamwe bituma abanyantege nke bavuga ko batazongera gukunda nyamara ntibamenya ko bashobora komorwa bagasubirana n’ibyiyumviro byabo by’urukundo.
22 May 2024 Yasuwe: 1294 0

Riderman yaba agiye kwiyamamariza kuba Depite?

Emery Gatsinzi wamenyekanye nka Riderman mu muziki yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yatangazaga ko yitegura kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishingamategeko akanakomoza ku birebana n’umusaruro...
22 May 2024 Yasuwe: 966 0

Dj Brianne na Djihad bari gukorwaho iperereza na RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva mu cyumweru gishize batangiye iperereza kuri Gateka Brianne wamamaye nka Dj Brianne ndetse na Cyprien Uzabakiriho uzwi nka Djihad ku...
16 May 2024 Yasuwe: 1655 0

Abaraperi barimo Bull Dogg na P Fla bagezweho n’indwara y’amaso y’amarundi

Abaraperi barimo Bull Dogg na P Fla bugarijwe n’indwara y’amaso y’amarundi ubusanzwe yitwa ‘Conjonctivite virale’ imaze iminsi yibasiye Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.
16 May 2024 Yasuwe: 503 0

Jennifer Lopez n’umugabo we Ben Affleck batandukanye

Icyamamarekazi mu muziki, Jennifer Lopez, yamaze gutandukana n’umugabo we Ben Affleck bari bamaze imyaka 2 barushinze.
16 May 2024 Yasuwe: 832 0

Menya ubwoko bw’amaraso butuma abashakanye badashobora kubona urubyaro

Ubusanzwe iyo hari ikintu kidasanzwe cyinjiye mu mubiri, utari usanzwe uzi, icyo gihe umubiri ufite uburyo ukirwanya ukoresheje ubushobozi cyangwa se ubwirinzi bwawo aho hakaba harimo n’uburyo...
14 May 2024 Yasuwe: 2154 0

Dore uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya mu gihe umuntu yarize mu gihe gikwiye, kandi akarira kugeza igihe yumviye atuje, bishobora kumufasha kugabanya ibiro n’umubyibuho ukabije.
14 May 2024 Yasuwe: 1694 0

Yaserukanye Ikanzu yakozwe n’abantu 163 - Alia Bhatt

Benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kumva inkuru ivuga ko ikanzu umukinnyi wa filime wo mu Buhinde, Alia Bhatt yajyanye mu birori bya Met Gala uyu mwaka, yadozwe n’abantu 163.
9 May 2024 Yasuwe: 1539 0