Mu gihe muri iyi minsi hari impaka z’urudaca ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hibazwa uwaba yaratangije injyana ya AfroGako hagati ya Noopja na Producer Element, dore ko usanga buri...
Umugabo ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akomeje kuba igitaramo nyuma yo gushinjwa guhuhura umugore we kubera ko yabuze amafaranga yo gukomeza kumwishyurira...
Buri mwaka hagenda hakorwa intonde zigiye zitandukanye zigaragaza uko bimwe mu byamamare bihagaze ndetse n’uburyo bagenda barutana ku kwesa imihigo cyangwa se guca uduhigo dutandukanye ku isi,...
Abashakashatsi Julie Russak na David Whitlock, bagaragaje ko kwoga bigabanya utunyabuzima( bacteria) turinda uruhu kwangirika bityo ko atari byiza kubikora.
Abantu bose ku Isi baba bafite ubushobozi butandukanye, ari byo dukunze kwita impano. Bamwe muri bo baba bakora ibintu bitangaje nko kuzunguza amatwi, gukoza ururimi ku zuru ndetse n’ibindi....