Mu gihe muri iyi minsi hari impaka z’urudaca ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hibazwa uwaba yaratangije injyana ya AfroGako hagati ya Noopja na Producer Element, dore ko usanga buri wese...
Umugabo ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akomeje kuba igitaramo nyuma yo gushinjwa guhuhura umugore we kubera ko yabuze amafaranga yo gukomeza kumwishyurira ibitaro.
Buri mwaka hagenda hakorwa intonde zigiye zitandukanye zigaragaza uko bimwe mu byamamare bihagaze ndetse n’uburyo bagenda barutana ku kwesa imihigo cyangwa se guca uduhigo dutandukanye ku isi,...
Abashakashatsi Julie Russak na David Whitlock, bagaragaje ko kwoga bigabanya utunyabuzima( bacteria) turinda uruhu kwangirika bityo ko atari byiza kubikora.
Ubwo indege yari igeze ku kibuga cy’indege bagatangira gusaka abagenzi bari bayirimo bakoresheje imashini zigezweho, umwe mubari bayirimo, yasanganywe inzoka nzima zari mu ipantalo ye.
Abantu bose ku Isi baba bafite ubushobozi butandukanye, ari byo dukunze kwita impano. Bamwe muri bo baba bakora ibintu bitangaje nko kuzunguza amatwi, gukoza ururimi ku zuru ndetse n’ibindi....