skol
Kigali

Author

TUYISENGE Fabrice

Nyuma y’impaka z’urudaca, Injyana ya AfroGako yabonye nyirayo

Mu gihe muri iyi minsi hari impaka z’urudaca ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hibazwa uwaba yaratangije injyana ya AfroGako hagati ya Noopja na Producer Element, dore ko usanga buri...
9 May 2024 Yasuwe: 1207 0

Rubavu: Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa

Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya Rubavu, arapfa.
9 May 2024 Yasuwe: 3614 0

Yishe umugore we nyuma yo kubura amafaranga y’ibitaro

Umugabo ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akomeje kuba igitaramo nyuma yo gushinjwa guhuhura umugore we kubera ko yabuze amafaranga yo gukomeza kumwishyurira...
8 May 2024 Yasuwe: 1390 0

Nyuma y’umwaka yitabye Imana Hamenyekanye icyamwishe - Costa Titch

Nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umuhanzi Costa Titch wari ukunzwe cyane muri Africa y’Epfo no muri Africa muri rusange, hakomeje kwibazwa icyamubayeho ariko cyera kabaye hamenyekanye ko yishwe...
8 May 2024 Yasuwe: 1318 0

Dore ibyamamarekazi Rihanna yahigitse mu gutunga agatubutse ku isi

Buri mwaka hagenda hakorwa intonde zigiye zitandukanye zigaragaza uko bimwe mu byamamare bihagaze ndetse n’uburyo bagenda barutana ku kwesa imihigo cyangwa se guca uduhigo dutandukanye ku isi,...
7 May 2024 Yasuwe: 747 0

wari uzi ko gukaraba buri munsi bigira ingaruka? dore zimwe muri zo

Abashakashatsi Julie Russak na David Whitlock, bagaragaje ko kwoga bigabanya utunyabuzima( bacteria) turinda uruhu kwangirika bityo ko atari byiza kubikora.
7 May 2024 Yasuwe: 3426 0

MIAMI: Umugenzi yafatanywe inzoka nzima mu ipantaro ubwo bamusakaga

Ubwo indege yari igeze ku kibuga cy’indege bagatangira gusaka abagenzi bari bayirimo bakoresheje imashini zigezweho, umwe mubari bayirimo, yasanganywe inzoka nzima zari mu ipantalo...
7 May 2024 Yasuwe: 953 0

Guhinira ururimi inyuma, Byinshi utabasha gukoresha umubiri wabo

Abantu bose ku Isi baba bafite ubushobozi butandukanye, ari byo dukunze kwita impano. Bamwe muri bo baba bakora ibintu bitangaje nko kuzunguza amatwi, gukoza ururimi ku zuru ndetse n’ibindi....
7 May 2024 Yasuwe: 919 0

Abakunzi ba Rayvanny bamusabye gukoresha umunyarwandakazi kubera impamvu itangaje

Uburanga bw’umukobwa wakoreshejwe mu mashusho y’indirimbo MI AMOR ya Rayvanny na Gerilson Insrael bukomeje kuvugisha benshi.Ni indirimbo imaze umunsi umwe isohotse ikaba imaze kurebwa inshuro...
6 May 2024 Yasuwe: 1284 0

Harmonize yaciye agahigo kari gafitwe na Diamond Platnumz

Umuhanzi wamamaye muri Bongo Flava [Tanzania] yaciye agahigo kari gafitwe na Diamond Platnumz aho yujuje Miliyoni 100 kuri Audiomack.
6 May 2024 Yasuwe: 1383 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 220