Abakobwa benshi bakunze kuba imbata y’ubusambanyi baziko bari mu rukundo, nyamara umusore byitwa ko bakundana we amukundira ko bakora imibonano muzabitsina...
Mu Murenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, haravugwa umugore n’abana be bane bakekwaho kwica umugabo w’uyu mugore akaba se w’aba bana bakamuta mu musarani, batawe muri yombi nyuma y’ukwezi bibaye...
Angelina Jolie wamamaye mu gukina filime ku mugabane wa Amerika ndetse no ku isi hose ari kuvugwa mu rukundo n’umusore witwa Paul Mercal arusha imyaka...
Abayobozi ba Somalia, Kenya, Ethiopia, na Djibouti biyemeje gutangiza “urugamba
ruhuriweho” rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency...