Mu buzima bwacu bwa buri munsi nta gishimisha nko gukunda ugakundwa kuko uba wumva uri mu munezero no mu munyenga. Nyamara nubwo bimeze bityo hari gihe bibaho ko uwo wari wizeyeho urukundo...
Abagore cyangwa se abakobwa ni abantu bagira ibanga rikomeye kuri bimwe mu bibaranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga batamenera uwo ari we wese kabone niyo yaba...
Amarangamutima y’abagabo akenshi hari igihe kigera akarenga cyane cyane iyo bari imbere y’umugore, bityo ntago ari byiza kuba wayagaragaza mu gihe uri kumwe n’umugore utari uwawe kuko hari byinshi...
Abakobwa benshi bakunze kuba imbata y’ubusambanyi baziko bari mu rukundo, nyamara umusore byitwa ko bakundana we amukundira ko bakora imibonano muzabitsina...
Mu Murenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, haravugwa umugore n’abana be bane bakekwaho kwica umugabo w’uyu mugore akaba se w’aba bana bakamuta mu musarani, batawe muri yombi nyuma y’ukwezi bibaye...