Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yanze kohereza indege z’intambara za F-16 muri Ukraine, nubwo abayobozi ba Ukraine bakomeje gusaba inkunga y’indege z’intambara...
Icyorezo cya SIDA muri iki kinyejana, ni kimwe mu byibasiye ikiremwa muntu bikomotse ku bwiyongere bwo gukora cyane imibonano mpuzabitsina idakingiye ku batarashakanye ndetse no gucana inyuma kwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa...