Ku bantu bamwe, ntibishoboka ko umuntu udakunda gusomana yagaragaza ko ari mu rukundo by’ukuri koko. Ni nko kuvuga ko ushaka gukora kuri pisine ariko ntuzigera wifuza ko amazi agutarukira.
Kuva kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2022 urubuga rwa Twitter ruri mu mbuga zikoreshwa cyane ku Isi rwatangarije abakozi barwo ko ibiro bifunze byagateganyo.
Nyuma yuko Sandra Teta agarutse I Kigali, umuhanzi Douglas Mayanja uzwi nka Weasel yerekanye undi mukunzi we mushya umutwitiye umwana wa 29 avuga ko ariwe wa nyuma.
Kuri uyu wa Gatanu hemejwe agera kuri miliyoni 6.6 z’amadolari na Sudan y’epfo yo kwifashishwa n’ingabo z’icyo gihugu zizoherezwa mu bikorwa byo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika...