Hamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 02/5/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka wa...
Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko abangamiwe no...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 03/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise ngo "Nibintije...