Mu gice cya nyuma cy’ikiganiro twagiranye na Rucagu Boniface, yadutangarije ko inshuro nyinshi abacengezi bagiye bamwandikira bamwiyama kuba ngo yirirwa abwira abaturage ba Perefegitura...
Uwitwa NZABAHAYO Pierre yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NZABAHIMANA Pierre.
Impamvu atanga ni uko yabatijwe amazina NZABAHIMANA Pierre muri “Provinsi y’Itorero...
Mu kiganiro Pasteur Antoine Rutayisire yahaye Umuryango, yagaye ko haba hari ingo zitandukanwa n’ikibazo cy’imibonano mpuzabitsina aho yemeza ko igitsina ari akantu gatokatagombye gutandukanya...
Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ari i Gasabo, ashingiye ku ngingo ya 148 y’Itegeko no 22/2018 ryo kuwa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi,...
Inzu iri mu cyamunara
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 05/04/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 05/04/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Nkuruniza...
Ku urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin...