Mu kiganiro Pasteur Antoine Rutayisire yahaye Umuryango, yagaye ko haba hari ingo zitandukanwa n’ikibazo cy’imibonano mpuzabitsina aho yemeza ko igitsina ari akantu gatokatagombye gutandukanya...
Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ari i Gasabo, ashingiye ku ngingo ya 148 y’Itegeko no 22/2018 ryo kuwa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi,...
Inzu iri mu cyamunara
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 05/04/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa...
Ku urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin...
Ubusanzwe Libido ni imbaraga zisunika umuntu zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina . Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 03/04/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Mukagakire Marie iri mu...
Papa Emile (iburyo) na John Loot (ibumoso) basanzwe batamvutsa inyigisho z’ivugabutumwa kuri Youtube
Muri Bibiliya, mu gitabo cy’Intangiriro, bavugamo inkuru y’abantu ba mbere Imana yari yaremye,...