skol
Kigali

Author

Ubwanditsi

Ko abaturage b’Amerika n’Uburayi basabwe kwitondera gusura u Rwanda bivuze iki?

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubudage, Ubufaransa, Ubwongereza, Australia, Canada na bimwe mu bihugu by’I Burayi byaburiye abaturage babyo gusura u Rwanda bigengesereye cyane cyane igice cya...
26 April 2019 Yasuwe: 8910 2

Itangazo: Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey

Uwitwa MUHUTU Jean Marie Vianey yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUNEZA Jean Marie Vianey. Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko abangamiwe no...
26 April 2019 Yasuwe: 1932 2

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buri mu Murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 03/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe...
26 April 2019 Yasuwe: 2321 0

Menya uburyo ushobora kwisengera,Imana igahita igusubiza ako kanya(Igice cya mbere)/Rev./Ev. Eustache Nibintije

Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise ngo "Nibintije...
25 April 2019 Yasuwe: 3368 1

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buri mu Karere ka Nyagatare

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 03/5/2019 saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwa Buranga...
25 April 2019 Yasuwe: 1206 0

Ibintu wakora mu kugaragariza uwo mwashakanye ko umukunda nyabyo (Igice cya gatatu)

Nkuko twatangiye iyi nyigisho yacu ifite umutwe ugira uti :” Ibintu wakora kugirango ugaragarize uwo mwashakanye ko umukunda by’ukuri “ Mbere tuakaba twarabagejejeho ibice bibiri by’iyi nyigisho...
25 April 2019 Yasuwe: 3260 1

Kigali: Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire ibinyamakuru bine byigenga byishyize hamwe

Mu rwego rwo kurushaho gukora itangazamakuru kinyamwuga, gukorera neza kandi vuba abafatanyabikorwa, guteza imbere no kumenyekanisha ibikorwa by’ibigo bya Leta n’abikorera, ibinyamakuru Ukwezi.rw,...
25 April 2019 Yasuwe: 3511 2

Menya ibigize ‘itel P33’ smartphone iri guca ibintu ndetse n’igiciro cyayo mu Rwanda

itel mobile ni companyi izwiho gukora telefone zigezweho kandi kugiciro cyoroheye abakiriya. Kuri iyi nshuro, itel yongeye kugaragaza ubudahangarwa mugukora smartphone ishyira ku isoko itel P33...
25 April 2019 Yasuwe: 7991 1

Itangazo: Uwitwa NYIRAMISABIKE Delphine yasabye guhindura amazina akitwa UWAMAHORO Delphine

Uwitwa NYIRAMISABIKE Delphine yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWAMAHORO Delphine. Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina Nyiramisabike...
24 April 2019 Yasuwe: 1088 0

Itangazo: Uwitwa KANYENZIRA Fulgence yasabye guhindura amazina akitwa KAMALI Fulgence

Uwitwa KANYENZIRA Fulgence yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KAMALI Fulgence. Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko Kanyenzira ari izina...
24 April 2019 Yasuwe: 368 0