Umunyarwanda Martin Ngoga usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, yongeye gutorerwa kuba Umuyobozi wa Komite ishinzwe kugenzura Imyitwarire mu Ishyirahamwe rya ry’umupira w’amagaru ku Isi...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Chris Brown, yafashwe n’inzego z’umutekano mu Bwongereza ku wa 15 Gicurasi 2025, akekwaho gukubita umu Producer witwa Abe Diaw mu 2023. Uyu muhanzi...
Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko u Burusiya budafite ubushake bwo kuganira ku mahoro, nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin yanze kwitabira ibiganiro...
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika...
Umusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Rutsiro yishe Se umubyara amukubise umuhembezo mu mutwe, agerageza guhita atoroka afatirwa mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Nyabugogo.
Urukiko rwo muri Mauritania ku wa 13 Gicurasi 2025 rwongereye igifungo cyakatiwe Mohamed Ould Abdel Aziz wayoboye iki gihugu, kigera ku myaka 15 nyuma yo kuburana ubujurire.
Abakinnyi batatu ba Liverpool iheruka kwegukana Igikombe cya Premier League, ari bo Virgil van Dijk, Mohamed Salah na Ryan Gravenberch bashyizwe mu munani bazatorwamo umukinnyi w’umwaka mu Cyiciro...