skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze

CSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda...
11 June 2025 Yasuwe: 108 0

U Rwanda rwahagarariwe mu Nama yiga ku mutekano w’Afurika

Guverinoma y’u Rwanda yahagarariwe mu nama ya 12 yiga ku mutekano w’Afurika iteraniye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho inzego zitandukanye zabonye amahirwe yo kuganira ku hazaza h’umutekano urambye...
11 June 2025 Yasuwe: 143 0

Amerika igiye kugabanya inkunga yageneraga Ukraine

Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yatangaje ko icyo gihugu giteganya kugabanya inkunga mu bya gisirikare cyageneraga Ukraine, mu gihe Perezida Donald Trump ari...
11 June 2025 Yasuwe: 107 0

Brésil yakomeje agahigo mu Gikombe cy’Isi, u Bwongereza butungurwa na Sénégal

Ikipe y’Igihugu ya Brésil yatsinze Paraguay igitego 1-0 ibona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu gihe iy’u Bwongereza yatsinzwe na Sénégal ibitego 3-1 mu mukino wa...
11 June 2025 Yasuwe: 228 0

U Rwanda rwakiriye Inkura z’umweru 70 ruca agahigo muri Afurika

Inkura z’umweru 70 zakiriwe n’u Rwanda zamaze kugezwa muri Pariki y’Igihugu y’Akagera, zije mu mushinga wo gutuma iyi Pariki iba ubuturo bunogeye izi nyamaswa. Izi Nkura 70 zavanywe muri Afurika...
11 June 2025 Yasuwe: 218 0

Los Angeles yakumiriye abantu kugenda nijoro kubera imyigaragambyo

Umuyobozi w’Umujyi wa Los Angeles, Karen Bass, yatangaje ko hashyizweho igihe ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo, nyuma y’iminsi myinshi y’imyigaragambyo ikaze no gusahura byatewe n’itegeko...
11 June 2025 Yasuwe: 89 0

Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark

Twagirayezu Wenseslas wakatiwe igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda, Urukiko rwo mu Mujyi wa Hillerød rwemeje ko ahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo ko agomba...
11 June 2025 Yasuwe: 197 0

Ikoranabuhanga no guhanga ibishya bifashe ahazaza h’ubuhinzi bw’Afurika- Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard yagaragaje ko kugira ngo ubuhinzi muri Afurika butere imbere hakwiye kwimakazwa ikoranabuhanga ritagira uwo riheza kandi rigashyigikirwa mu buryo bufatika...
10 June 2025 Yasuwe: 103 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica na TFEP

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yaganiriye n’itsinda ry’abaturutse mu Ikipe ya Benfica yo muri Portugal bari kumwe n’abahagarariye irerero ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rya Tony Football...
10 June 2025 Yasuwe: 314 0

’Ibya Yesu ni ku Murongo’ yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ubushinjacyaha bwasabiye Nzabanayo Silas wamenyekanye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka ‘Ibya Yesu ni ku Murongo’, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera icyaha cyo gusambanya umwana...
10 June 2025 Yasuwe: 702 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 2800