CSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda...
Guverinoma y’u Rwanda yahagarariwe mu nama ya 12 yiga ku mutekano w’Afurika iteraniye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho inzego zitandukanye zabonye amahirwe yo kuganira ku hazaza h’umutekano urambye...
Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yatangaje ko icyo gihugu giteganya kugabanya inkunga mu bya gisirikare cyageneraga Ukraine, mu gihe Perezida Donald Trump ari...
Umuyobozi w’Umujyi wa Los Angeles, Karen Bass, yatangaje ko hashyizweho igihe ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo, nyuma y’iminsi myinshi y’imyigaragambyo ikaze no gusahura byatewe n’itegeko...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente Edouard, yaganiriye n’itsinda ry’abaturutse mu Ikipe ya Benfica yo muri Portugal bari kumwe n’abahagarariye irerero ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rya Tony Football...
Ubushinjacyaha bwasabiye Nzabanayo Silas wamenyekanye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka ‘Ibya Yesu ni ku Murongo’, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera icyaha cyo gusambanya umwana...