Abantu 22 bo mu Mirenge inyuranye yo mu Karere ka Nyarugenge, bafashwe mu bikorwa byo gushakisha abakekwaho kuba bamaze iminsi batekera imitwe abantu, barimo abaherutse gutekera umugore...
Ubuyobozi Bukuru bwa APR FC bwatangaje ko kapiteni mushya w’iyi kipe, ari we Umunya-Burkina Faso Djibril Ouattara, usimbuye Niyomugabo Claude uherutse gutandukana n’iyi kipe, ndetse na ba Visi...
Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryongeye gutafira ibihano ikipe ya Rayon Sports byo kutemererwa kwandikisha abakinnyi kugeza mu mpeshyi ya 2027.
Umunyamerika wamamaye mu bijyanye no gukora imyitozo ngororamubiri no gusangiza abantu ubuzima buzira umuze, Ashton Hall, yatangaje ko atabashije gusura Uganda nk’uko yari yarabiteguye, bitewe...
Dr Ron Adam wabaye Ambasaderi wa mbere w’Igihugu cya Israel mu Rwanda, yishimiye kugaruka muri iki Gihugu yita iwabo ha kabiri, avuga ko yari akumbuye kwirebera ubwiza bw’imisozi y’iki Gihugu...
Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari kuva mu bice byinshi byo muri Gurupoma ya Ikobo muri Teritwari ya Walikare mu burasirazuba...