Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko umubare w’abakora akazi katemewe k’uburaya muri uyu Mujyi umaze kugera ku bihumbi icyenda (9 000) barimo ibihumbi bine (4 000) bo mu Karere ka...
Mickels Joy Slayd na Mickels Joy Lance basanzwe ari abavandimwe b’impanga, bari mu bakinnyi bahamagawe mu ikipe y’Igihugu iri mu mikino ya FIFA Series, bagize isabukuru y’amavuko bari mu mwiherero,...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Sandrine Umutoni, yavuze ko amarushanwa y’imbyino gakondo n’ubusizi ku rwego rw’Igihugu yagaragaje ko mu rubyiruko rw’u...
Umuhanzi uri mu bagezweho mu Burundi, Kirikou Akili, yongeye kwigaragaza mu muziki w’iwabo aho yegukanye igihembo gikomeye kirimo imodoka nshya, abikesha indirimbo ye yise ‘Aha Nihe?’.
Umuraperi Zeo Trap uri mu bahanzi bakomeje kwiyubaka mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yasobanuye ko EP ye nshya yise ‘Story Yose’ ari igihangano gishingiye ku rugendo rwe bwite mu muziki, aho...