Ikipe y’Igihugu ya Portugal yegukanye UEFA Nations League ya 2025 itsinze iya Espagne penaliti 5-3, nyuma yaho amakipe yombi yanganyije ibitego 2-2 mu minota...
Umunyakenya Laban Kipngetich Korir yisubije ’Kigali International Peace Marathon 2025’ nyuma yo kuba uwa mbere muri Full Marathon y’ibilometero 42,1 mu...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Colombia, Miguel Uribe Turbay, yarashwe inshuro eshatu ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Murwa Mukuru w’icyo gihugu,...
Se wa Elon Musk, Errol Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nibura abantu batatu bamaze gupfa, abandi 17 barakomereka mu gitero gikomeye cya drone u Burusiya bwagabye ku mujyi wa kabiri munini wa Ukraine, Kharkiv.