Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Abantu Bafite Ubumuga (NCPD) bwatangaje ko mu mibare y’ibanze y’ubushakashatsi ku bantu bafite ubumuga yagaragaje ko mu Rwanda habarurwa abangana na 562...
Umusirikare w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahanishijwe igifungo cy’imyaka 23 kubera kwica umugore we wari utwite, yarangiza akamuta mu kimoteri.
Sosiyete yo mu Buyapani yitwa ispace yatangaje ko icyogajuru cyayo cyari cyoherejwe ku kwezi, gishobora kuba cyarahanutse kikangirikira kuri uwo mubumbe, nyuma y’imyaka ibiri indi gahunda yo...
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Valentine Uwamariya, yavuze ko kugabanya pulasitiki byazanye impinduka mu Rwanda zirimo kugira isuku no kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda.