Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yamaze gutangiza Intambara ya Gatatu y’Isi, ashimangira ko igisubizo rukumbi ari ukumushyiraho igitutu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cya Greenland bwanze icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wavuze ko agiye koherezayo ubwato bwifashishwa nk’ivuriro,(hospital boat) mu rwego rwo...
Mu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma...