skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi muri Koreya ya Ruguru

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka ry’abakozi muri iki gihugu ari na ryo abarizwamo.
23 February 2026 Yasuwe: 199 0

Perezida Zelensky ahamya ko Putin yatangije Intambara ya Gatatu y’Isi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yamaze gutangiza Intambara ya Gatatu y’Isi, ashimangira ko igisubizo rukumbi ari ukumushyiraho igitutu...
23 February 2026 Yasuwe: 290 0

Greenland yateye utwatsi Trump ushaka kuyiha imfashanyo y’ubwato

Ubuyobozi bw’Ikigo cya Greenland bwanze icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump wavuze ko agiye koherezayo ubwato bwifashishwa nk’ivuriro,(hospital boat) mu rwego rwo...
23 February 2026 Yasuwe: 339 0

Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko ya EU

Guverinoma ya Uganda yanze kwitaba Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, ngo isobanure ibibazo byavuzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 15 Mutarama 2026.
23 February 2026 Yasuwe: 347 0

Minisitiri Dr.Utumatwishima yanenze uwamenyekanye mu myidagaduro mu Rwanda watangaje ibinyoma byibasira Ubuyobozi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yagaye Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu gufasha abahanzi nyarwanda, kubera amagambo yuzuye ibinyoma yatangaje...
23 February 2026 Yasuwe: 601 0

Olga Lombardo yatorewe kuba ‘Miss Belgique 2026’ atsinze abarimo ukomoka mu Rwanda

Mu mpera z’icyumweru turangije imwe mu nkuru zagarutsweho by’umwihariko mu gihugu cy’u Bubiligi, ni uko batoye ‘Miss Belgique’ watsinze 31 bari bahatanye barimo n’ufite inkomoko mu Rwanda.
23 February 2026 Yasuwe: 209 0

Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza

Richard Kamanzi, wahoze afite ipeti rya CSP (Chief Superintendent of Police) muri Polisi y’u Rwanda wari mu kiruhuko, yitabye Imana azize ibiza byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Kigali.
23 February 2026 Yasuwe: 1989 0

Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma...
20 February 2026 Yasuwe: 1819 0

Gen Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC kwibukiranya intego zayo

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga yasuye iyi kipe asaba abakinnyi kwibukiranya intego zayo.
20 February 2026 Yasuwe: 214 0

Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime

Umuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol, we n’umugore we Chiki Kuruka bakomeje kuvugisha benshi ku buryo bubaka ubuzima bwabo...
20 February 2026 Yasuwe: 189 0