Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yasezeranyije Abayisilamu bo mu Rwanda ko ikibazo cy’ubutaka bemerewe bwo kuzubakaho icyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abayisilamu...
Umuhanzi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzwi cyane ku izina rya Gims, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’u Bufaransa ku wa 25 Werurwe 2026, ubwo yari ageze ku kibuga...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kwakira neza irushanwa rya FIFA Series 2026, agaragaza ko rizatanga umusaruro...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Hugo Broos, yahishuye ko Brésil na Argentine byasabye akayabo k’amafaranga kugira ngo bijye gukina imikino ya gicuti na Bafana Bafana muri icyo gihugu.