skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Zinedine Zidane azatoza u Bufaransa nyuma y’Igikombe cy’Isi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru nk’umukinnyi ndetse nk’umutoza, Zinedine Zidane, yemeye gutoza Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, ariko akazatangazwa nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
23 March 2026 Yasuwe: 272 0

Kudahabwa ku mafaranga Rayon Sports yahawe mu byatumye Gasogi United yanga gukina?

Nyuma y’uko Gasogi United yanze gukina umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona yatewemo mpaga na Rayon Sports ku wa 22 Werurwe 2026, hakomeje kwibazwa impamvu yaba yarabiteye ahavugwa nyinshi zirimo...
23 March 2026 Yasuwe: 573 0

Matayo 20:16: Abari aba mbere bazaba aba nyuma, undi mwanya wo kwitekerezaho kuri Gisagara VC na Kepler VC- Dusesengure

Mu gihe imikino ya kamarampaka ikomeje muri shampiyona ya volleyball mu Rwanda, amakipe ya Gisagara VC na Kepler VC yayoboye umwaka w’imikino usanzwe, yisanze yaseserewe bitunguranye.
23 March 2026 Yasuwe: 152 0

Kenya yijeje imbabazi abaturage bayo barwaniye u Burusiya mu ntambara na Ukraine

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi, yijeje Abanyakenya bagiye kurwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine kuzahabwa imbabazi basubiye iwabo.
23 March 2026 Yasuwe: 185 0

Urunturuntu hagati ya Doja Cat na se

Umuhanzi w’Umunya-Amerika ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo, Doja Cat unaherutse gutaramira mu Rwanda agahuruza imbaga nyamwinshi y’urubyiruko akomeje kwitana ba mwana na se yise umubyeyi gito,...
23 March 2026 Yasuwe: 349 0

Amavubi yitegura “FIFA Series 2026” yatangiye umwiherero (Amafoto)

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatangiye umwiherero yitegura imikino mpuzamahanga ya gicuti ya “FIFA Series 2026” izabera i Kigali guhera tariki ya 26 kugeza ku ya 30 Werurwe 2026.
23 March 2026 Yasuwe: 300 0

BREAKING: Impanuka ikomeye y’indege yagonganye n’imodoka muri America

Indege ya Sosiyete ya Canada (Air Canada) yagonganiye n’imodoka ku kibuga cy’Indege cya LaGuardia i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima, abandi benshi...
23 March 2026 Yasuwe: 548 0

Umunyamakuru wa siporo uzwi mu Rwanda Leonidas yerecyeje kuri RADIOTV10

Umunyamakuru Leonidas Ndayisaba uzwi mu biganiro bya Siporo akaba umwe mu bafite uburambe mu mwuga w’itangazamakuru, yerecyeje kuri RADIOTV10 mu kiganiro Urukiko kiri mu biyoboye mu Rwanda.
16 March 2026 Yasuwe: 360 0

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi rugikubita

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za America, guhuza imbaraga mu gufungura umuhora wa Hormuz, ariko bimwe bihita bigaragaza ko bitazabutanga.
16 March 2026 Yasuwe: 618 0

Iran yahakanye ibyo gusaba Amerika ibiganiro by’agahenge

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko nta biganiro bigamije guhagarika intambara, igihugu cye cyigeze gisaba kugirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kandi ko nta...
16 March 2026 Yasuwe: 246 0