skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather mu mukino uzabera muri RDC

Abakinnyi b’ibyamamare mu mukino w’iteramakofe, Mike Tyson na Floyd Mayweather, byatangajwe ko bagiye gukina umukino w’imurika (exhibition fight) uzabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
17 February 2026 Yasuwe: 391 0

Ibyishimo kuri Bien-Aimé wahuye na Perezida Kagame mu mikino ya ‘NBA All Star Game 2026’

Umunyamuziki w’umunya-Kenya, Bien-Aimé Baraza wamamaye cyane mu itsinda rya Sauti Sol, ari mu bahuye na Perezida Paul Kagame, mu mpera z’icyumweru gishize mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze...
17 February 2026 Yasuwe: 231 0

Umuturage wagejeje kuri Perezida Kagame ikibazo kivugwamo Banki Nkuru y’u Rwanda yongeye gutakamba

Muhizi Anathole wagejeje kuri Perezida Paul Kagame ikibazo afitanye na Banki Nkuru y’u Rwanda cyerekeye inzu avuga ko ari ye yari yaraguze n’umukozi w’iyi Banki akayamburwa, nyuma akaza gufungwa,...
17 February 2026 Yasuwe: 552 0

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwemeje ko bwamenyeshejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zari zikiri...
9 February 2026 Yasuwe: 154 0

Yasifuye umukino atwite inda y’amezi atanu

Umusifuzikazi Adeline Djonreba ukomoka muri Cameroon yatangaje abantu kubera gusifura umukino atwite inda y’amezi atanu.
9 February 2026 Yasuwe: 278 0

Portugal: Antonio José Seguro yatsinze amatora ya Perezida

Umukandida w’Umusosiyaliste, Antonio José Seguro w’imyaka 63, yatsinze amatora ya Perezida muri Portugal, ahigitse uwo bari bahanganye ukomeye, André Ventura.
9 February 2026 Yasuwe: 107 0

Elon Musk yatangaje ko agiye kubaka umujyi ku kwezi mbere yo kujya kuri Mars

Nyuma yo kuvuga kenshi ko ikigo cye SpaceX kizagera kuri Mars mu mwaka wa 2026, umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk yongeye gutungura benshi atangaza ko ubu icyibandwaho cyane ari kubaka umujyi ku...
9 February 2026 Yasuwe: 149 0

Umukino wa Al Hilal SC na APR FC wimuriwe kuri Kigali Pele Stadium

Urwego rutegura Shampiyona y’icyiciro cya mbere” Rwanda Premier League” rwatangaje ko umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda wagombaga guhuriza APR FC na Al Hilal SC kuri...
9 February 2026 Yasuwe: 176 0

Manchester City yatsinze Liverpool, ikomeza kotsa igitutu Arsenal

Manchester City yatsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) wabaye ku Cyumweru, tariki 8 Gashyantare 2026 kuri Anfield Road.
9 February 2026 Yasuwe: 139 0

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo n’umugore we, bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga y’inkorano, mu gihe undi umwe basangiye na we...
3 February 2026 Yasuwe: 532 0