Nyuma y’uko Gasogi United yanze gukina umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona yatewemo mpaga na Rayon Sports ku wa 22 Werurwe 2026, hakomeje kwibazwa impamvu yaba yarabiteye ahavugwa nyinshi zirimo...
Mu gihe imikino ya kamarampaka ikomeje muri shampiyona ya volleyball mu Rwanda, amakipe ya Gisagara VC na Kepler VC yayoboye umwaka w’imikino usanzwe, yisanze yaseserewe bitunguranye.
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatangiye umwiherero yitegura imikino mpuzamahanga ya gicuti ya “FIFA Series 2026” izabera i Kigali guhera tariki ya 26 kugeza ku ya 30 Werurwe 2026.
Indege ya Sosiyete ya Canada (Air Canada) yagonganiye n’imodoka ku kibuga cy’Indege cya LaGuardia i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima, abandi benshi...
Umunyamakuru Leonidas Ndayisaba uzwi mu biganiro bya Siporo akaba umwe mu bafite uburambe mu mwuga w’itangazamakuru, yerecyeje kuri RADIOTV10 mu kiganiro Urukiko kiri mu biyoboye mu Rwanda.
Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za America, guhuza imbaraga mu gufungura umuhora wa Hormuz, ariko bimwe bihita bigaragaza ko bitazabutanga.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko nta biganiro bigamije guhagarika intambara, igihugu cye cyigeze gisaba kugirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kandi ko nta...