Ikipe y’Igihugu ya Espagne yatsinze u Bufaransa ibitego 5-4 mu mukino ukomeye wa ½ cya UEFA Nations League, ihita isanga iya Portugal ku mukino wa nyuma.
Abantu 11 bapfuye ku wa Gatatu nyuma y’umuvundo wabaye hanze ya Stade y’Umukino wa Cricket mu Mujyi wa Bengaluru mu Buhinde, ubwo abafana bishimiraga igikombe cya mbere cya Shampiyona cyegukanywe...
Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko yabuze feri, yagonze abanyeshuri bane b’ishuri rya G.S Kimisange,...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Kamena 2025, abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Emmanuel Rutayisire na Maj. Hipolyte Muvunyi basoreje amasomo ya gisirikare mu Ishuri Rikuru rya...
Ubwami bwa Arabie Saoudite bwemereye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ingwe ebyiri zidasanzwe, ubwo yagiriraga uruzinduko i Riyadh mu kwezi...
Michelle Obama, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umukobwa we w’imfura, Malia Obama, yahisemo kwitandukanya n’izina ry’umuryango kugira ngo agire umwihariko...
Edgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva muri Mutarama 2015 kugeza muri Kanama 2021 yitabye Imana kuri uyu wa 5 Kamena 2025 ubwo yari mu bitaro muri Afurika...
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakumiriye abanyamahanga barimo abaturuka mu bihugu byinshi bya...