skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Manchester City yatsinze Liverpool, ikomeza kotsa igitutu Arsenal

Manchester City yatsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) wabaye ku Cyumweru, tariki 8 Gashyantare 2026 kuri Anfield Road.
9 February 2026 Yasuwe: 139 0

Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga

Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo n’umugore we, bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga y’inkorano, mu gihe undi umwe basangiye na we...
3 February 2026 Yasuwe: 532 0

Abatoza bose ba Etincelles FC bahagaritswe

Abatoza bose b’ikipe ya Etincelles FC barimo umutoza mukuru, Masudi Djuma, bahagaritswe nyuma y’umusaruro mubi ndetse n’umubano utari mwiza hagati ye n’abakinnyi. Nyuma yo gutsindwa na Mukura VS...
3 February 2026 Yasuwe: 245 0

Bruce Melodie yahanuriwe kuba umuhanzi wa mbere ku Isi no kugira Televiziyo ye bwite, Bushali avuga ku guhanurirwa ibinyoma

Nyuma yo guhanurira Bushali ko yari kuba yarakoranye indirimbo na Jason Derulo ku wa Kabiri w’icyumweru gishize, Pophet Akimu yongeye guhanurira Bruce Melodie ko azaba umuhanzi wa mbere ku Isi...
3 February 2026 Yasuwe: 270 0

Hakim Sahabo yatangajwe nk’umukinnyi wa AEK Athens FC

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Hakim Sahabo yatangajwe na AEK Athens FC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bugereki nyuma y’uko imutanzeho arenga Miliyari 2 z’Amanyarwanda.
3 February 2026 Yasuwe: 201 0

CG Felix Namuhoranye yijeje Police FC itwara ibikombe itabishingiye kuri ruswa

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, yijeje Police FC ubufasha bwose ikeneye kugira ngo ibe ikipe irushaho gutwara ibikombe hatabayemo inzira zinyuranyije n’amategeko...
3 February 2026 Yasuwe: 243 0

Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo

Abakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe. Aba bazahurira ku rubyiniro rwa Mic Tribe 2026.
3 February 2026 Yasuwe: 140 0

Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki.
2 February 2026 Yasuwe: 295 0

Kendrick Lamar yakuyeho agahigo ka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards

Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha abandi bose mu mateka ya Grammy, aho yarushije Jay-Z...
2 February 2026 Yasuwe: 185 0

Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari

Amakipe ya APR volleyball club mu cyiciro cy’abagore na Kepler volleyball club mu bagabo, nibo begukanye irushanwa ry’ubutwari.
2 February 2026 Yasuwe: 183 0