skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

SIBOMANA Anaclet yasabye guhindura amazina akitwa RUGAMBA GASHAYIJA Emmy

Uwitwa SIBOMANA Anaclet yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RUGAMBA GASHAYIJA Emmy mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo...
25 March 2026 Yasuwe: 169 0

Nyagatare: Mu kwezi kumwe, 91 bafunzwe bakekwaho gukoresha ry’ibiyobyabwenge

Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, igaragaza ko mu giuhe cy’ukwezi kumwe abantu 91 batawe muri yombi mu Karere ka Nyagatare bakurikiranyweho ikoreshwa...
24 March 2026 Yasuwe: 168 0

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia wiyongereye

Umubare w’abahitanywe n’impanuka y’indege y’igisirikare cya Colombia, wazamutse ugera ku bantu 66, mu gihe abakomeretse ari 57.
24 March 2026 Yasuwe: 285 0

Iran yahakanye iby’uko yagiranye ibiganiro na Amerika

Igihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Donald Trump avuze ko byabaye ndetse bikaba byaratanze umusaruro mwiza.
24 March 2026 Yasuwe: 180 0

Shene ya Ross Kana yibwe, inyuzwaho intambara ya Amerika, Israel na Iran

Shene ya YouTube y’umuhanzi nyarwanda Ross Kana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibwa n’abantu bataramenyekana, bayikoresha mu kunyuzaho amakuru ajyanye n’intambara ivugwa hagati ya...
24 March 2026 Yasuwe: 346 0

Iran yahise itangaza uko izihimura igihe hashyirwa mu bikorwa umugambi watangajwe na Trump

Iran yatangaje ko yiteguye kugaba ibitero bikomeye ku bikorwaremezo by’amashanyarazi bya Israel, no ku bigo bitanga amashanyarazi ku birindiro bya America biri mu karere ka Gulf, mu gihe Perezida...
24 March 2026 Yasuwe: 501 0

Ku myaka 14, Doja Cat yandikiye kuri YouTube asaba ubufasha bwo kubona Se

Byagaragajwe ko umuraperi n’umuhanzikazi Amala Dlamini [Doja Cat], yigeze kunyura mu bihe bikomeye mu bwana bwe, aho ku myaka 14 y’amavuko yagerageje gushaka Se atigeze amenya.
24 March 2026 Yasuwe: 198 0

Trump yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza burundu intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwo Hagati kandi ku...
24 March 2026 Yasuwe: 164 0

Ibyamenyekanye ku Banya-Uganda batandatu bafungiwe kwiba miliyari 4Frw Banki yo mu Rwanda

Abanya-Uganda batandatu bakurikiranyweho ubujura bukoresheje ikoranabuhanga bwa miliyari 4,9 Frw mu kwiba Equity Bank Rwanda, baragezwa imbere y’Urukiko, aho byamenyekanye ko barimo abasanzwe ari...
24 March 2026 Yasuwe: 520 0

U Rwanda rwongeye gutabariza Abanyamulenge rugaragaza ko guceceka ibibakorerwa ari ubufatanyacyaha

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe atangaza ko ingengabitekerezo yibasira Abatutsi muri DRC barimo Abanyamulenge ikomeje kwenyegeza amarorerwa abakorerwa...
24 March 2026 Yasuwe: 371 0