Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, igaragaza ko mu giuhe cy’ukwezi kumwe abantu 91 batawe muri yombi mu Karere ka Nyagatare bakurikiranyweho ikoreshwa...
Igihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Donald Trump avuze ko byabaye ndetse bikaba byaratanze umusaruro mwiza.
Shene ya YouTube y’umuhanzi nyarwanda Ross Kana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibwa n’abantu bataramenyekana, bayikoresha mu kunyuzaho amakuru ajyanye n’intambara ivugwa hagati ya...
Iran yatangaje ko yiteguye kugaba ibitero bikomeye ku bikorwaremezo by’amashanyarazi bya Israel, no ku bigo bitanga amashanyarazi ku birindiro bya America biri mu karere ka Gulf, mu gihe Perezida...
Byagaragajwe ko umuraperi n’umuhanzikazi Amala Dlamini [Doja Cat], yigeze kunyura mu bihe bikomeye mu bwana bwe, aho ku myaka 14 y’amavuko yagerageje gushaka Se atigeze amenya.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza burundu intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwo Hagati kandi ku...