Indenge bwite ya Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia yavuye muri iki gihugu yerekeza muri Espagne kubera ibitero Iran iri kugaba ku bikorwa bya Leta Zunze Ubumwe za...
Mu gihe umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari mu myiteguro ikomeye ya Album ye ya Gatatu, yamaze gushyira ku mugaragaro imwe mu ndirimbo ziyiriho yise ‘Yo Love’, yakoranye n’umunya-Uganda Pallaso.
Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Puerto Rico, Bad Bunny, yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga nyuma yo guca agahigo ko kuba igitaramo cya Super Bowl Halftime Show cyarebwe n’abantu...
Amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bivugwa ko ari ay’umurambo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei yagwiriwe n’ibisate by’inkuta, byemejwe ko ari ay’Ikoranabuhanga...
Umuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha yinjiye mu mpaka zikomeye n’Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gushinja White House gukoresha indirimbo ye “Blow” nta burenganzira, mu mashusho...
Umuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi ukomeye wo kwimukira mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018.
Itsinda ry’Intumwa z’Ingabo z’u Rwanda riyobowe n’Umuvugizi wazo, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, ryakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Ethiopia, Eng Aisha Muhammed baganira ku buryo Ibihugu byombi...
Kim Kardashian w’icyamamare mu myidagaduro hamwe na Lewis Hamilton, umuhanga mu mukino wa Formula 1, bagaragaye hamwe mu rugendo rwihariye muri Arizona, byongera imbaraga ku gushakisha niba bari mu...
Icyamamare mu muziki wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomidé, w’imyaka 69, yasezeranye byemewe n’amategeko n’umukunzi we bamaze igihe kinini bakundana, Cindy Le Cœur w’imyaka 43,...