skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

BAL 2025: Al Ahli Tripoli yasubiriye APR BBC ubugira gatatu igera ku mukino wa nyuma

Al Ahli Tripoli yatsinze APR BBC amanota 84-71 igera ku mukino wa nyuma wa BAL 2025, ku nshuro ya mbere mu mateka.
11 June 2025 Yasuwe: 226 0

AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yagize Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick Guverineri mushya w’intara ya Kivu...
11 June 2025 Yasuwe: 518 0

Perezida Ruto yashenguwe n’urupfu rw’umusore waguye muri kasho ya Polisi

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusore wari impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Albert Ojwang, wapfiriye muri kasho ya Polisi azize...
11 June 2025 Yasuwe: 304 0

Abapolisi b’u Rwanda bavuye mu butumwa muri Centrafrique bagaragaje ibindi bakoze

CSP Ildephonse Rutagambwa, Umuyobozi w’abapolisi 140 bari bagize itsinda RWAPSU1-9 ryari mu butumwa muri Repubulika ya Centrafrique, ubwo bageraga mu Rwanda, yavuze ko uretse inshingano zo kurinda...
11 June 2025 Yasuwe: 479 0

U Rwanda rwahagarariwe mu Nama yiga ku mutekano w’Afurika

Guverinoma y’u Rwanda yahagarariwe mu nama ya 12 yiga ku mutekano w’Afurika iteraniye i Addis Ababa muri Ethiopia, aho inzego zitandukanye zabonye amahirwe yo kuganira ku hazaza h’umutekano urambye...
11 June 2025 Yasuwe: 556 0

Amerika igiye kugabanya inkunga yageneraga Ukraine

Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yatangaje ko icyo gihugu giteganya kugabanya inkunga mu bya gisirikare cyageneraga Ukraine, mu gihe Perezida Donald Trump ari...
11 June 2025 Yasuwe: 270 0

Brésil yakomeje agahigo mu Gikombe cy’Isi, u Bwongereza butungurwa na Sénégal

Ikipe y’Igihugu ya Brésil yatsinze Paraguay igitego 1-0 ibona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu gihe iy’u Bwongereza yatsinzwe na Sénégal ibitego 3-1 mu mukino wa...
11 June 2025 Yasuwe: 516 0

U Rwanda rwakiriye Inkura z’umweru 70 ruca agahigo muri Afurika

Inkura z’umweru 70 zakiriwe n’u Rwanda zamaze kugezwa muri Pariki y’Igihugu y’Akagera, zije mu mushinga wo gutuma iyi Pariki iba ubuturo bunogeye izi nyamaswa. Izi Nkura 70 zavanywe muri Afurika...
11 June 2025 Yasuwe: 388 0

Los Angeles yakumiriye abantu kugenda nijoro kubera imyigaragambyo

Umuyobozi w’Umujyi wa Los Angeles, Karen Bass, yatangaje ko hashyizweho igihe ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo, nyuma y’iminsi myinshi y’imyigaragambyo ikaze no gusahura byatewe n’itegeko...
11 June 2025 Yasuwe: 128 0

Urukiko rwemeje ko Twagirayezu wahamijwe ibyaha bya Jenoside arangiriza igihano muri Denmark

Twagirayezu Wenseslas wakatiwe igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda, Urukiko rwo mu Mujyi wa Hillerød rwemeje ko ahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bityo ko agomba...
11 June 2025 Yasuwe: 315 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 2820