Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko adashaka guterana amagambo na Perezida Donald Trump nyuma yuko amwibasiye avuga ko atari umufana we, amuziza kuba yaramaganye ibitero...
Mu gihe hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gisagara barokokeye mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare bagaruka ku mateka mabi yaranze ubwicanyi bwakorewe...
Uwitwa NZABIGIRANTE Eric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa CYUBAHIRO Eric mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri...
Ibihugu birimo Korea y’Epfo n’u Buyapani, biratangaza ko Korea ya Ruguru yarashe ibisasu bya ballistic missile biraswa kure, bikemeza ko Ingabo z’ibi Bihugu zirwanira mu mazi, ziryamiye amajanja.
Uruganda Pepsi rwatangaje ko rwikuye mu baterankunga bakuru ba Wireless Festival izabera i London muri iyi mpeshyi, nyuma y’amakuru avuga ko Kanye West azariririmbamo nk’umuhanzi mukuru mu minsi...
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore (WFC) yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya 2025-2026, kiba icya gatatu itwaye yikurikiranya, cyaje giherekejwe na Miliyoni 20 Frw, nk’ikipe ya mbere.
Ikipe ya...
Inteko Ishinga Amategeko ya Myanmar yatangaje ko Gen Min Aung Hlaing wahiritse ubutegetsi bwa Aung San Suu Kyi mu mwaka wa 2021, ari we watowe nka Perezida w’icyo gihugu atsinze ku majwi 429 kuri...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yeruriye amahanga ko u Rwanda rutazigera rukuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyiriyeho kurinda imipaka yarwo mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) n’Umuryango...