Umuyobozi ushinzwe Imiyoborere n’Ubukangurambaga muri Komite y’Inzibacyuho ya Rayon Sports, Jean-Baptiste Musabyimana, yashimangiye ko nta Nteko Rusange izabaho mu gihe umushinga w’amategeko agenga...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ubwo yakiraga ikipe ya Inter Miami ikinamo rurangiranwa Lionel Messi, yavuze ko umwe mu bana be ari umufana we ukomeye, avuga ko ashobora kuba...
Inama y’Abaminisitiri yatije ikigo cy’Ubucuruzi Planner Corretora de Valores SA ubutaka bwa Leta kugira ngo gikorereho urganda rw’inyama z’inka mu rwuri rw’i Gako mu karere ka Bugesera.
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports F.C, Uwayezu Jean Fidèle, yashyize amabanga hanze asobanura impamvu bamwe mu bakoranaga na we batakomeje inshingano zabo, anahakana abavugaga ko bananiwe...
Brian McGinnis wahoze mu gisirikare kirwanira mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za America, yasohowe n’abapolisi ku mbaraga mu Nteko Ishinga Amategeko, kubera kugaragaza ko atemeranya no kuba America...
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yizeje Abanyarwanda baba muri iki Gihugu no muri Bahrain, ko iri gukurikiranira hafi ibibazo by’umutekano, ibasaba kubahiriza amabwiriza ari...
Kuri uyu wa Gatatu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherereye i Nyamirambo, haburanishijwe urubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Nkeramihigo Japhet, Tumukunde...