skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amagaju FC yari yifuje kwakirira Rayon Sports i Kigali azayakirira i Huye

Ikipe y’Amagaju FC izakirira Rayon Sports kuri Stade Kamena mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona uteganyijwe tariki 26 Mata 2026, mu gihe yifuje kuyakirira i Kigali igasabwa kubikorera i Bugesera.
21 April 2026 Yasuwe: 412 0

Peter Okoye yahinduye itariki y’amavuko, ashyira iherezo ku byo yasangiraga n’impanga ye

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Peter Okoye wamamaye nka Mr P, yatangaje ko yahinduye itariki yizihizaho isabukuru y’amavuko, ibintu byafashwe nk’ikimenyetso gikomeye cy’uko yamaze gutandukana...
21 April 2026 Yasuwe: 361 0

Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri

Kiliziya Gatulika mu Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi, aho atabarutse hatarashira amezi abiri undi musaseridoti wakoreraga...
20 April 2026 Yasuwe: 1945 0

Ibivugwa nyuma yuko hasakaye ifoto y’Umusirikare wa Israel amenagura ishusho ya Yezu akoresheje kinubi

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangiye gukora iperereza ku musirikare wacyo wagaragaye mu ifoto yasakaye akubita ishusho ya Yezu mu Gihugu cya Lebanon bikazamura impaka ndende, kikavuga ko na cyo...
20 April 2026 Yasuwe: 901 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
16 April 2026 Yasuwe: 192 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
16 April 2026 Yasuwe: 122 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
16 April 2026 Yasuwe: 115 0

UEFA Champions League: FC Barcelona, Real Madrid na Liverpool mu mazi abira

Ikipe ya FC Barcelona, Real Madrid na Liverpool ziri mu mazi abira nyuma y’uko zitsinzwe imikino ibanza ya 1/4 cya UEFA Champions League.
14 April 2026 Yasuwe: 690 0

#Kwibuka32: SEE MUZIK yasabye urubyiruko kwigira ku mateka bakubaka u Rwanda ruzira amacakubiri

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’izitanga ubutumwa bw’ihumure, SEE MUZIK, yasabye urubyiruko kwigira ku mateka asharira igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda...
14 April 2026 Yasuwe: 142 0

Trump yasibye ifoto yari yatangaje yigaragaza Yesu ukiza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yasibye ku rukuta rwe rwa Truth Social ubutumwa butavuzweho rumwe, bw’ifoto yakozwe n’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano [artificial...
14 April 2026 Yasuwe: 464 0