Los Angeles, 21 Gicurasi 2025 , Umunyamidelikazi w’icyamamare, Kim Kardashian, yasoje ku mugaragaro amasomo y’amategeko nyuma y’imyaka 6 yiga. Uyu muhango wo gusoza amashuri ye wabereye iwe mu...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, yashe ifumbire mvaruganda yo mu bwoko bwa NPK 17-17-17 ipima Kg 500...
Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishwe barasiwe i Washington, DC ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025.
Umuhanzi w’Umunyamerika uri mu bakunzwe ku Isi Chris Brown, yarekuwe n’urukiko rwo mu Bwongereza, nyuma yo gutanga ingwate ingana na miliyoni 5 z’amapawundi asaga miliyoni 6.7 z’amadolari.
Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvuga ko "atajya agura umuceri", mu gihe igihugu kiri guhangana n’ibura ry’umuceri n’izamuka ry’ibiciro byawo.
Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abanyeshuri bata ishuri bagabanyutse bagera kuri 4,7% mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 bavuye kuri 6,8% n’uwari wabanje.